Abantu batatu bamamazaga umukandida ushyigikiwe na Perezida Kabila bishwe ‘baciwe imitwe’ muri Kongo
Ibiro ntaramakuru AFP bitangaza ko mu mpera y’icyumweru gishize abantu batatu bishwe baciwe imitwe mu ntara ya Kasai iri hagati
![]()
Ibiro ntaramakuru AFP bitangaza ko mu mpera y’icyumweru gishize abantu batatu bishwe baciwe imitwe mu ntara ya Kasai iri hagati
![]()
Abashinjacyaha bavuga ko umugore wo muri Maroc ashinjwa kwica umukunzi we nyuma akagabura ibisigazwa bye nk’ifunguro ariha abakozi bakomoka muri
![]()
Pariki eshatu zo mu bihugu bitatu byo ku mugabane w’u Burayi zahuje imbaraga kugira ngo zishakishe uburyo zakohereza mu Rwanda,
![]()
Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika yasabwe kugaragaza niba igikomangoma Mohammed bin Salman cya Arabie Saoudite hari uruhare
![]()
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima (OMS) watangaje ko ibikorwa byo guhashya icyorezo cya Ebola mu gace ka Beni muri Repubulika
![]()
Mira Ricardel, wari umujyanama wungirije mu by’umutekano w’igihugu muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuye kuri uwo mwanya, nyuma y’amakimbirane akomeye
![]()
Umudali ukozwe muri diyama wari uwa Marie Antoinette wabaye Umwamikazi wa nyuma w’u Bufaransa, waguzwe miliyoni 36 z’amadolari muri cyamunara.
![]()
Ubuyobozi muri Danemark bwavuze ko icyo gihugu cyahagaritse imfashanyo ya miliyoni 9.8 z’amadolari yari agenewe igihugu cya Tanzaniya nyuma yaho
![]()
Minisitiri w’ingabo wa Israel yeguye ku mirimo ye nyuma yaho inama y’abaminisitiri yemeje agahenge mu mirwano n’intagondwa zo muri Palestine
![]()
Televiziyo ikomeye ya CNN yajyanye mu nkiko Perezida wa USA,Donald Trump n’abandi bakozi ba Perezidansi kubera kujujubya umunyamakuru wayo akaba
![]()