Umuvugizi wa ADEPR yabajijwe ku mishahara y’abayobozi bakuru b’iri torero yatumbagijwe arya indimi
Umuvugizi w’Itorero ADEPR mu Rwanda, Ndayizeye Isaïe , yabajijwe iby’imishahara minini ihabwa bamwe mu bakozi muri ADEPR arya indimi, nyamara
Umuvugizi w’Itorero ADEPR mu Rwanda, Ndayizeye Isaïe , yabajijwe iby’imishahara minini ihabwa bamwe mu bakozi muri ADEPR arya indimi, nyamara
Mubyukuri ni ibintubidasanzwehano mu Rwanda ko abaturage b’u Rwanda, batakira inzego z’ubuyobozi bw’igihugu bazigaragariza amakosa n’akarengane barikugirirwa arikoubuyobozi bugahitamo kwicecekera
Hashize iminsi myinshi iri torero rya ADEPR rirangwamo akavuyo n’akajagari mu miyoborere yaryo. Ababirebera kure bamwe bakagira bati igiti kiriho
Benshi mu bafashijwe guhindura ubuzima ndetse inzozi zabo zikaba impamo biturutse ku nkunga zitandukanye bakesha umuryango wegamiye kuri Kiriziya Gaturika
Umushumba wa Kiliziya Gatulika ku Isi, Papa Francis yagize Arikiyepisikopi Antoine Karidinali Kambanda umwe mu bagize Kongere y’iyogezabutumwa ku Isi.
Kardinali Christian Tumi w’imyaka 90 wari washimuswe mu karere kavuga Icyongereza muri Cameroun yarekuwe ndetse arimo gusuzumwa kwa muganga. Ariko
Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Francis yavuze ko abaryamana bahuje ibitsina bakwiye guhabwa uburenganzira kimwe n’abandi bagasezeranywa imbere
Ubuyobozi bwa Diyosezi Gatolika ya Gikongoro bwamenyesheje abakirisitu n’imbaga y’abasanzwe bakorera ingendo Nyobokamana i Kibeho, cyane cyane ku munsi mukuru
Papa Francis avuga ko icyorezo cya coronavirus cyerekanye neza uko abakene bigijweyo muri sosiyete. Avuga ko ubukene kenshi buhishwa, ariko
Ihuriro ry’Impuzamiryango y’Amadini, Amatorero na Kiliziya Gatolika(RIC) ryishyiriyeho ingamba zakurikizwa mu kwirinda Covid-19 mu gihe cy’amateraniro cyangwa misa, nyuma yo