Author: Mutesa Bernard
Congo yemereye u Rwanda hegitari 12.000 z’ubutaka buhingwa
Repubulika ya Congo igiye gutiza u Rwanda ubutaka bungana na hegitari 12000 zishobora kubyazwa umusaruro mu buhinzi, nk’umusaruro w’uruzinduko Perezida
ITANGAZO RYA CYAMUNARA
Umuhesha w’inkiko w’umwuga yongeye kumenyesha abantu bose ko azagurisha ku nshuro ya kabiri mu cyamunara imitungo itimukanwa igizwe n’amazu,nundi Ugizwe
Benshi bagarutse ku bigwi bya Padiri Ubald Rugirangoga witabye Imana
Urupfu rwa Padiri Ubald Rugirangoga rwamenyekanye mu gitondo cyo ku itariki 08 Mutarama 2021 nyuma y’igihe yari amaze arwariye muri
Mashami yatoranyije abakinnyi 30 bazakina CHAN 2021
Taliki 18-01-2021 Rwanda-Uganda (Douala) Taliki 22-01-2021 Morocco-Rwanda (Douala) Taliki 26-01-2021 Rwanda-Togo (Limbe) Umutoza mukuru w’ikipe y’u Rwanda “Amavubi”, Mashami Vincent
Abadipolomate ba Amerika basabye ko ibikorwa bya Trump binengwa ku mugaragaro
Mu nyandiko yasinyweho n’abadipolomate barenga 100 ba Amerika, basabye ko Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga muri icyo gihugu, Mike
COVID-19: Ibigo by’amashuri byasabwe kwirinda gutanga impushya za hato na hato ku banyeshuri
Minisiteri y’Uburezi yasabye ibigo by’amashuri bicumbikira abana kwirinda gutanga impushya za hato na hato kuko zishobora kuba intandaro zo gukwirakwira
Ubuhindi: Inkongi y’umuriro yadutse mu bitaro yica abana 10 bari bamaze kuvuka
Impinja 10 zari zimaze kuvuka zahitanwe n’umuriro wadutse mu bitaro byo mu Buhindi mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu
Guverinoma y’u Rwanda yanyomoje impuguke za UN zavuze ko hari Ingabo z’u Rwanda ziri muri RDC
Guverinoma y’u Rwanda yamaganye raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye ivuga ko Ingabo z’u Rwanda ziri ku butaka bwa Repubulika Iharanira Demokarasi