Ubukungu
Abanyenganda bagomba kumenyako bakwiye gucuka kuberako Leta Itabaha imashini ngo inazikoreshe – Dr Sekomo
Ikigo cy’Ubushakashatsi n’Iterambere mu byerekeye Inganda (NIRDA), k’ubufatanye na na banki y’iterambere y’u Rwanda (BRD) hamwe n’ikigo cy’ububiligi cy’iterambere Enabel
REG: Umwaka utaha wa 2024 uzasiga hafi ingo zose zifite amashangarazi
Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe ingufu (REG) iratangaza ko 74% by’ingo zimaze kugezwaho amashanyarazi, umuriro utangwa mu gihugu ukaba ungana na
Kubura abaguzi mu isoko bituma batareka ubucuruzi bwo mu muhanda
Bamwe mu bagore bakora ubucuruzi butemewe buzwi nk’ubuzunguzayi bahawe igishoro n’ahantu ho gukorera ariko banze kubuvamo ngo bajye gukorera mu
Ishyamba rya Nyungwe ryibasiwe n’inkongi y’umuriro
Hari igice cy’ishyamba rya Nyungwe kireba mu Murenge wa Bweyeye muri Rusizi kibasiwe n’inkongi. Twagerageje kuvugisha umuyobozi mukuru wa Pariki
Uruganda rutunganya amata “Inyange” hamwe na Tetra Pak Ltd barakataje muguha ibyiza abanyarwanda
Umuyobozi w’Inyange avugako kuba hari abashidikanya ko amata yabo bafite ibindi binyabutabire bongeramo kugirango abashe kuramba, ubu bagiye gusobanukirwa neza
Umushinga wo gukora amasabune mu rwego rwo guteza imbere abafite ubumuga bw’uruhu “OIPPA”
Umuryango OIPPA (Organization for Integration and Promotion People with Albinism) uharanira uburenganzira bw’abafite ubumugu bw’uruhu mu Rwanda nyuma yo kwakira
Ishuri Rya Karembure Sunshine rirakataje mu guha abana uburezi bufite ireme
Nyuma yuko minisitri wa MINICOM Prof Ngabitsinze Jean Chrysostome asuye bamwe mubashoramari bakorera ku gisimenti ku mpamvu zuko abacuruzi baho