
Aho bukera ubufaransa buraryozwa uruhare bwagize Genocide yakorewe Abatutsi
Hashize iminsi mike u Bufaransa buhagaritse ku nshuro ya gatatu iperereza ku ihanurwa ry’indege y’uwahoze ari Perezida w’u Rwanda, Juvenal Habyarimana. Iri perereza kimwe n’andi yaribanjirije ntiyagiye yakirwa neza kuko hari abemezaga ko ari ikinamico rigamije kwibasira no guharabika bamwe mu basirikare bakuru b’u Rwanda bagize uruhare mu kubohora u Rwanda. coque iphone en ligne Mu kiganiro yagiranye na Televiziyo y’igihugu, ku mugoroba wo kuri iki Cyumweru tariki 24 Ukuboza 2017, Minisitiri Mushikiwabo yavuze ko u Bufaransa bwakoze neza guhagarika iryo perereza ariko hakiri byinshi rudakwiye kwirengagiza. Yagize ati “Dufitemo inyandiko zigeze ku bihumbi bitanu … bitandatu. Izo nyandiko rero turifuza kuzishyira ahagaragara, ari Abanyarwanda, ari Abafaransa ari n’abandi bazirebere babone y’uko uruhare rwo ruhari. Iby’indege rero ni ibintu byo kujijisha. Jenoside yakozwe n’Abanyarwanda nibyo ariko yakozwe n’Abanyarwanda bafashijwe n’abandi batari Abanyarwanda. coque huawei pas cher Birazwi amazina yabo arahari, aho bakoraga harahari. Coque pour Huawei Minsitiri Mushikiwabo avuga ko buri kimwe gihari mu nyandiko uhereye ku bari abajyanana kuri Leta yakoze Jenoside, abanyapolitike, abasirikare n’abandi batoje interahamwe kwica Abanyarwanda. Ibyo byose bikubiye muri raporo yiswe ‘Muse’, yakozwe n’Ikigo cyo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyitwa Cunningham Levy Muse. Mu mwaka ushize nabwo u Rwanda rwasohoye urutonde rw’abasirikare bakuru b’u Bufaransa bakekwaho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi, urutonde rwashyizwe ahagaragara na Komisiyo y’Igihugu ishinzwe kurwanya Jenoside (CNLG) tariki ya 31 Ukwakira 2016.

EAMBS: Ku munsi wa kabiri haganiriwe ku ruhare rw’ababa mu mahanga mu iterambere
Inama yiga ku iterambere ry'inganda mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y'iburasirazuba, iri ku munsi wayo wa 2. Ni nabwo haganiriwe ku ruhare rw'abakomoka muri ibi bihugu baba mu mahanga mu iterambere ryabyo.
Imibare ya Banki y'isi, yagaragajwe na banki nkuru z'ibihugu bigize uyu muryango wa Afurika y'iburasibazuba yerekana ko mu mwaka wa 2015 ibihugu byo mu muryango wa Afurika y'iburasirazuba byakiriye miliyali zigera kuri 3.5 z'amadolari, yoherejwe n'ababikomokamo baba mu mahanga bazwi nka diaspora. Uganda na kenya biza imbere mu kwakira menshi mu bihugu byo mu karere.
Dr. Shem Ochuodho uyobora diaspora y'abanyakenya avuga ko ishoramari mu nganda rikorwa n'abanyakenya baba hanze y'icyo gihugu ryatangiye kwiyongera kandi ko hari n'andi mahirwe yo gushora mu mishinga ihuriweho n'abandi mu bihugu byo mu karere: “…Nibyo nk’uko ubivuze, nta nganda nyinshi zifatika twavuga zigaragaramo ishoramari rya DIASPORA MU KARERE. Gusa hari nkeya zatangijwe na diaspora si nyinshi pe. Ariko ubu turagana mu nganda zitunganya umusaruro w’ubuhinzi, hari diaspora hano mu Rwanda yamaze kureba ubutaka abo dukorana bo mu gihugu imbere ndetse n’ubuta burahari twenda gutangira gushora mu buhinzi ariko mubyukuri dukwiye gukora birenze ibi dufite ibikorwa bike. Nka Kenya hari aho twashyize ikusanyirizo ry’ibirayi tubivana aho tubyohereza ku isoko I Londre bigakorwamo ibisuguti ariko mu myaka itanu turifuza ko twashinga uruganda rubitunganyiriza muri Kenya…”
Muri 2015 banki nkuru ya Uganda igaragaza ko amafaranga icyo gihugu cyakiriye yoherezwa n'abaturage bayo baba hanze yazamutse Ku gipimo cya 21% ugereranije n'umwaka Wa 2014 aho icyo gihugu cyakiriye miliyali 1.1 y'amadorali, Kenya yakira miliyali 1.5 z'amadorali bigaragaza izamuka rya 8.6% ugereranije na 2014.
Tanzania yo yakiriye miliyoni zigera kuri 770 z'amadolari muri 2015, mu gihe u Rwanda rwakiriye miliyoni 155.8 z'amadorali ya Amerika, usanga ho yaragabanutse kuko muri 2014 ayo madorali yoherejwe na diaspora nyarwanda yari miliyoni 174.9.
Eng. Murenzi Daniel ukuriye diaspora nyarwanda avuga ko iri gabanuka ridashingiye ku icogora k'ubushake bwa diaspora nyarwanda gushora iwabo ahubwo ko ryatewe ahanini n'inzitizi bahuraga nazo kohereza amafaranga.
Mu kiganiro n’impuguke mu by’ubukungu akaba n’umwalimu wa kaminuza n’umushakashatsi BIRASA Nyamurinda yavuze ko ibyo leta zo mu bihugu byo mukarere zikomeje gukora korohereza ishoramari bitanga ikizere ko diaspora izongera uruhare rwayo mu iterambere ry’inganda n’ibindi byiciro by’ubukungu.
By'umwihariko inama mpuzamahanga yiga ku ishoramari mu rwego rw'inganda kuri uyu munsi wayo wa kabiri yagarutse kubibazo bitandukanye leta zo mu karere zikwiye kwitaho by'umwihariko mu rwego rwo korohereza abaturage babyo baba hanze kugira uruhare muri iryo shoramari. Kimwe muri ibyo bibazo ngo harimo amategeko na za politike zigomba kunozwa ndetse n'ibigo by'imari bikagerageza kugabanya igihendo cyo kohereza amafaranga muri ibi bihugu binyuze ku makonte muri za banki zitandukanye zikorera mu karere.

Musanze: NURC ifatanije na MINALOC batangije ihuriro ry’ubumwe n’ubwiyunge
Ku nshuro ya mbere mu Rwanda mu karere ka Musanze niho hatangirijwe Ihuriro ry'ubumwe n'ubwiyunge nk'urwego ruzagira uruhare mu gushimangira gahunda yo kubwubaka bugahama. Iryo huriro rigizwe n'abahoze ari abayobozi kuva mu 1994 ndetse n'abayobora muri iki gihe, Umunyamabanga wa Leta ushinzwe iterambere ry'abaturage muri MINALOC Vincent Munyeshyaka yasabye abarigize gushyira imbere inyungu rusange no kubaka ubumwe butajegajega mu Banyarwanda.

Uburusiya burahakana ko bubangamiye umutekano wa Amerika
Uburusiya bwatangaje ko budashobora gukozwa ijambo rihamya ko bubangamiye umutekano w’Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US), nkuko byemezwa n’Ubutegetsi bw’icyo gihugu ubwo cyatangazaga imwe mu migambi yacyo kubirebana n’umutekano. Leta Zunze Ubumwe za America ziri gushyiraho gahunda yo gukora ingendo zigambiriye kugarura amahoro mu bihugu bikunze kurangwa n’intambara ariko Uburusiya bwo busanga ari ukuzana Ubukoroni bushya ndetse iki gihugu kikaba gifite intego yo gusigara aricyo gihangange ku Isi. coque iphone outlet shop Umuvugizi wa Leta y’Uburusiya, Kremlin Dmitri Peskov yavuze ko izo ngendo ntaho zitaniye n’ubukoroni, ko ahubwo zishingiye ku kubona ko hakwiye kuba igihugu kimwe cy’igihangange. coque iphone soldes Ibi bije nyuma y’aho Perezida wa Amerca, Donald Trump atangaje gahunda nshya yo gukora ingendo zigambiriye kugarura umutekano, kwigira hamwe uko bahangana n’ihindagurika ry’ibihe ndetse no kwigarurira Isi, ariko ngo agasanga Uburusiya n’Ubushinwa biri kumubera imbogamizi. coque huawei Umujyanama wa Perezida Trump, HRC McMaster yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko Uburusiya bumaze igihe buri mu bikorwa byo kugumura abaturage, kandi yongeraho ko iki gihugu gikomeje kwivanga bikomeye mu matora ya Leta Zunze Ubumwe za America.

Mugisha Philbert wari Meya wa Nyamagabe yaregujwe
Inama njyanama y’Akarere ka Nyamagabe yafashe icyemezo cyo guhagarika Philbert Mugisha ku buyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe nyuma y’uko atawe muri yombi na Polisi y’igihugu. Icyo cyemezo cyafashwe nyuma y’uko abagize inama njyanama y’Akarere ka Nyamagabe bakoze inama, ku itariki ya 18 Ugushyingo 2017. coque huawei pas cher Fiacre Ndahindurwa, umuyobozi wa njyanama y’Akarere ka Nyamgabe avuga ko iyo nama yateranye mu buryo busanzwe maze ngo bigahurirana n’uko Mugisha Philbert yatawe muri yombi. Muri iyo nama ngo bahise bafata icyemezo cyo kumusezerera mu bajyanama ndetse no ku buyobozi bw’Akarere. Coque huawei pas cher Akomeza avuga impamvu yabateye gukura icyizere kuri Philbert Mugisha ari uko ngo iyo umuntu afunze kubera ibyaha runaka, n’ubunyangamugayo buba bwavuyeho. Agira ati “Ubundi abantu batorerwa kuba abajyanama kubera ubunyangamugayo baba babaziho, mu byerekeranye no gukunda igihugu, n’imicungire y’abaturage n’umutungo wabo. Rero habonetse igituma abantu bafungwa ni ukubera ko ubunyangamugayo buba bwavuyeho.” Mugisha ari mu maboko ya Polisi hamwe n’abandi bakozi batanu bakoraga mu Karere ka Nyamagabe. Bakurikiranweho kunyereza umutungo no gutanga amasoko ya Leta mu buryo bunyuranije n’amategeko. Coque huawei Muri ayo masoko harimo iryo gushyira amatara ku muhanda wo mu Mujyi wa Nyamagabe, aho rwiyemezamirimo waritsindiye yagombaga kwishyurwa miliyoni 97RWf akishyurwa 197RWf. Coque huawei Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyamagabe bwari bwasobanuriye Komisiyo y’Inteko ishinga amategeko ishinzwe gukurikirana ikoreshwa ry’umutungo wa Leta (PAC), ko ari ikibazo cy’imibare cyabayeho.

Meddie Kagere yahembwe nk’umukinnyi w’umwaka muri Kenya

Polisi yafashe ibiro 400 by’urumogi
Ku cyumweru tariki 17 Ukuboza uyu mwaka Polisi y’u Rwanda mu turere twa Nyabihu na Rubavu yafatiye ibiro 400 by’urumogi mu bikorwa byo kurwanya iyinjizwa ry’ibiyobyabwenge mu gihugu; ifatwa ryabyo rikaba ryaraturutse ku makuru yatangiwe igihe n’abahatuye. Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburengerazuba, Inspector of Police (IP) Eulade Gakwaya yavuze ko urwo rumogi harimo ibiro 320 byafatiwe mu murenge wa Mukamira (Nyabihu) ahagana saa tatu z’ijoro bipakiwe mu modoka yo mu bwoko bwa Toyota Carina ifite nomero za pulake RAD 252G, ndetse n’ibiro 80 byari bitwawe kuri moto byafatiwe mu murenge wa Gisenyi ahagana saa saba z’amanywa. IP Gakwaya yavuze ko urwo rumogi (ibiro 400) ruri kuri Sitasiyo za Polisi za Gisenyi na Mukamira mu gihe Polisi ikomeje gushaka abari batwaye ibyo binyabiziga dore ko babitaye bakiruka ubwo yabahagarikaga. Coque huawei Ku byerekeye uburyo rwafashwe, IP Gakwaya yabisobanuye agira ati,”Nyuma yo kubona amakuru ko hari abantu bapakiye urumogi kuri moto no muri iriya modoka, Polisi yarabateze. Ubwo yabahagarikaga, abari batwaye ibyo binyabiziga banze guhagarara, ahubwo bongera umuvuduko bagira ngo bayicike, hanyuma babonye ko igiye kubafata babitana n’urwo rumogi bariruka. Uwari utwaye iriya modoka we yafatiwe mu karere ka Nyabihu nyuma y’aho Abapolisi bakorera muri Rubavu bamuhagaritse akanga.” IP Gakwaya yashimye abatanze amakuru yatumye uru rumogi rufatwa, ndetse akangurira abatuye iyi Ntara kwirinda kwishora mu biyobyabwenge; kandi abasaba kuba abafatanyabikorwa mu kurwanya iyinjizwa ryabyo mu gihugu, itundwa, icuruzwa, inyobwa n’ikoreshwa ryabyo batanga amakuru yerekeye ababikora. coque imprimé huawei pas cher Yakomeje ubutumwa bwe agira ati,” Nubona umuturanyi wawe anywa ibiyobyabwenge cyangwa abicuruza uzamugire inama yo kubireka. Coque huawei Pas Cher Nabirengaho uzabimenyeshe Polisi cyangwa izindi nzego zibishinzwe. Niwigira ntibindeba ukumva ko kurwanya ukwishora mu biyobyabwenge atari inshingano zawe uzaba wibeshya kuko abo uhishira bazahindukira bagakora ibikorwa binyuranyije n’amategeko bibangamira abantu muri rusange nko gukubita no gukomeretsa n’ihohotera rishingiye ku gitsina.” Gukora, guhindura, kwinjiza no kugurisha mu gihugu ibiyobyabwenge n’urusobe rw’imiti ikoreshwa nka byo mu buryo bunyuranije n’amategeko bihanishwa igifungo kuva ku myaka itatu (3) kugeza ku myaka itanu (5) n’ihazabu y’amafaranga y’u Rwanda kuva ku bihumbi magana atanu (500.000) kugeza kuri miliyoni eshanu (5.000.000) nk’uko biteganywa n’ingingo ya 594 yo mu gitabo cy’amategeko ahana ibyaha mu Rwanda. IP Gakwaya yakomeje gutanga inama agira ati,”Amafaranga yashowe muri uru rumogi yakabaye yarashowe mu bindi byemewe n’amategeko kandi bidafite ingaruka mbi ku buzima bw’abantu. coque imprimé huawei pas cher Ingaruka zo kwishora mu biyobyabwenge harimo igifungo no gucibwa ihazabu, kandi ibifashwe biratwikwa ibindi biramenwa; ariko usibye n’ibyo bitera uburwayi butandukanye ababinywa.” Mu rwego rwo kurushaho kurwanya ukwishora mu biyobyabwenge; Polisi y’u Rwanda yashyizeho agashami gashinzwe by’umwihariko kurwanya iyinjizwa ryabyo mu gihugu; icuruzwa, inyobwa n’ikoreshwa ryabyo; ibi bikiyongera ku bukangurambaga ikora hirya no hino mu gihugu aho yigisha Abaturarwanda ingaruka zo kubyishoramo, ikanabakangurira kubyirinda.

Inama ya EAC izabera muri Tanzania Perezida w’Uburundi ntazayibonekamo
Perezida w’u Burundi, Pierre Nkurunziza, yongeye kutitabira inama ya 18 isanzwe y’Abakuru b’Ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), iteganyijwe ku wa 20 Gicurasi 2017 i Dar es Salaam muri Tanzania.
Iyi nama yagombaga kwitabirwa n’Abakuru b’ibihugu bitandatu bigize EAC; u Rwanda, Uganda, Tanzania, Burundi, Kenya na Sudani y’Epfo. Ku ruhande rw’u Burundi, Visi Perezida wa mbere, Gaston Sindimwo, niwe uzahagararira Nkurunziza uyiherukamo mu 2015 ubwo yahirikwaga ku butegetsi bikaza gupfuba.
Inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC, izayoborwa na Perezida John Pombe Magufuli, igiye kuba nyuma yo gusubikwa inshuro zigera kuri eshatu.
Mu kwezi gushize Umuyobozi ushinzwe itumanaho mu bunyamabanga bwa EAC, Richard Owora Othieno, yatangaje ko iyi nama yagombaga kuba kuwa 6 Mata 2017 igasubikwa n’uko u Burundi bwatangaje ko kuri iyi tariki bitashoboka kuko bwibuka uwari Perezida wabwo, Cyprien Ntaryamira, waguye mu ihanurwa ry’indege y’uwari Perezida w’u Rwanda, Juvénal Habyarimana.
Icyo gihe hashyizweho indi tariki ya 10 Gicurasi 2017 nayo irimurwa kuko Kenya yateguraga amatora y’ibanze y’Umukuru w’Igihugu.
Iyi nama yitezweho umwanzuro wa nyuma wa Tanzania ku gusinya amasezerano y’ubufatanye mu bucuruzi hagati y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi (EU), azwi nka EPA. Gusa nta cyizere kuko n’iyabaye muri Nzeri umwaka ushize yananiwe.
Tanzania ivuga ko impuguke zayo zasesenguye neza ko zigasanga ariya masezerano atazungura inganda zo muri Afurika y’u Burasirazuba, ahubwo azatuma zisenyuka kuko ibihugu byateye imbere biziharira isoko ryo muri ako karere.

Abanyarwanda bifuza gukorera ingendo muri Afrika y’Epfo byaba biri hafi gukemuka:Mushikiwabo
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda arasaba Abanyarwanda bifuza kujya muri Afurika y’Epfo kuba bategereje kuko hari ibitarakunda ariko agatanga icyizere ko hari ibiri gukorwa bijyanye no kuzahura umubano w’ibihugu byombi.
Louise Mushikiwabo yatangaje ibi uyu munsi ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko mu kugaragaza umushinga w’ingengo y’imari ya Minisiteri y’Ububanyi n’amahanga 2017-2018, Minisitiri Mushikiwabo yavuze ko ubu hari icyizere ko ibihugu byombi biri mu nzira zo kubana neza.
Kuva muri Werurwe 2014, Afurika y’Epfo yahagaritse by’agateganyo Visa zahabwaga Abanyarwanda berekeza muri iki gihugu bakoresheje pasiporo zisanzwe. Icyo gihe kandi Afurika y’Epfo yirukanye abadipolomate b’u Rwanda batatu i Pretoria, u Rwanda narwo rwirukana batandatu ba Afurika y’Epfo bari i Kigali.
Uyu mwuka mubi hagati y’ibihugu byombi wavutse nyuma y’aho u Rwanda rwashinjaga Afurika y’Epfo gucumbikira abari inyuma y’ibikorwa byo guhungabanya umutekano birimo iterwa ry’ibisasu mu Rwanda byagiye bihitana inzirakarengane.
Afurika y’Epfo yo yavugaga ko yirukanye abadipolomate b’u Rwanda ibashinja kuba inyuma y’igitero cy’abantu bitwaje intwaro bigeze gutera mu rugo rwa Jenerali Kayumba Nyamwasa wahungiye muri icyo gihugu.
Minisitiri Mushikiwabo, yagize ati “Murabizi ko Afurika y’Epfo twagiranye ibibazo bitewe n’uko bacumbikiraga abanzi b’u Rwanda bitera agatotsi mu mibanire yacu, ariko muri iyi myaka nk’ibiri ishize navuga ko tubanye neza, gusa bimwe mu bikorwa twifuza cyane korohereza Abanyarwanda kujya muri Afurika y’Epfo ntibiratungana, ariko ubu nababwira ko Afurika y’Epfo yatubwiye ko irimo gushaka uko iki kibazo cyakemuka.”
Yakomeje agira ati “Muri iyi minsi twabonye mu itangazamakuru ko muri iki cyumweru iki gihugu kirimo gushaka uko cyakorohereza Abanyafurika bose kuza mu gihugu cyabo, burya uretse natwe kuba twagiranye ibibazo, ariko n’ibindi bihugu bya Afurika kwinjira muri iki gihugu biragoye cyane, usanga ibindi bihugu bikomeza kubasaba ko bafungura amarembo, twishimiye rero kubona ko iki gihugu kivuga ko gishaka koroherereza abinjira.”
Mushikiwabo avuga ko mu Rwanda hari abashoramari benshi baturuka muri Afurika y’Epfo kandi babayeho neza, aba bakaba barimo abakora mu bucukuzi bw’amabuye no mu bikorwa remezo, ndetse indege y’u Rwanda ya RwandAir ikaba ijya muri iki gihugu buri munsi.
Gusa u Rwanda rwirinze kugira byinshi rugaragaza ku gihe visa ku banyarwanda bajya muri Afurika y’Epfo zizatangwa, cyane ko bitashoboka ko bategeka igihugu kindi kugira ibyo gikora.
