Uburusiya burahakana ko bubangamiye umutekano wa Amerika

Uburusiya bwatangaje ko budashobora gukozwa ijambo rihamya ko bubangamiye umutekano w’Igihugu cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika (US), nkuko byemezwa n’Ubutegetsi bw’icyo gihugu ubwo cyatangazaga imwe mu migambi yacyo kubirebana n’umutekano. Leta Zunze Ubumwe za America ziri gushyiraho gahunda yo gukora ingendo zigambiriye kugarura amahoro mu bihugu bikunze kurangwa n’intambara ariko Uburusiya bwo busanga ari ukuzana Ubukoroni bushya ndetse iki gihugu kikaba gifite intego yo gusigara aricyo gihangange ku Isi. coque iphone outlet shop Umuvugizi wa Leta y’Uburusiya, Kremlin Dmitri Peskov yavuze ko izo ngendo ntaho zitaniye n’ubukoroni, ko ahubwo zishingiye ku kubona ko hakwiye kuba igihugu kimwe cy’igihangange. coque iphone soldes Ibi bije nyuma y’aho Perezida wa Amerca, Donald Trump atangaje gahunda nshya yo gukora ingendo zigambiriye kugarura umutekano, kwigira hamwe uko bahangana n’ihindagurika ry’ibihe ndetse no kwigarurira Isi, ariko ngo agasanga Uburusiya n’Ubushinwa biri kumubera imbogamizi. coque huawei Umujyanama wa Perezida Trump, HRC McMaster yabwiye BBC dukesha iyi nkuru ko Uburusiya bumaze igihe buri mu bikorwa byo kugumura abaturage, kandi yongeraho ko iki gihugu gikomeje kwivanga bikomeye mu matora ya Leta Zunze Ubumwe za America.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *