Blog

  • Pakistan:Urusengero rw’abametodisite rwagabweho igitero

    Pakistan:Urusengero rw’abametodisite rwagabweho igitero

    Amakuru aravuga ko igitero cy’ubwiyahuzi bukoresheje bombe n’imbunda cyagabwe ku rusengero muri Pakistani kishe abantu benshi abandi bagakomereka.

    Igitero cyagabwe mu mujyi wa Quetta, mu bilometero nka 65 uvuye ku mupaka wa Afuganisitani. Coque Huawei 2018 Ibiro ntaramakuru AFP biravuga ko umuyobozi mu rwego rwa polisi, Abdul Razzaq Cheema avuga ko abantu batanu bishwe abandi 15 barakomereka. coque imprimé huawei pas cher Umuyobozi w’ako karere, Sarfaraz Bugti yabwiye itangazamakuru ko igitero cyagabwe igihe abantu bari mu masengesho mu rusengero rw’abametosisite (Methodist). coque iphone outlet store Yavuze ko abiyahuzi babiri aribo batawe muri yombi hafi y’umuryango w’urusengero. coque imprimé huawei pas cher Akoresheje urubuga nkoranyambaga rwa Twitter yavuze ko aba biyahuzi iyo bataza gutahurwa kare ngo bakomwe mu nkokora,abantu babarirwa mu bihumbi bari gukomereka abandi bagatakaza ubuziama.

  • Australiya:Umunya-Koreya ya Ruguru arashinjwa ubutasi

    Australiya:Umunya-Koreya ya Ruguru arashinjwa ubutasi

    Kuri uyu wa Gatandatu Polisi yo mu gihugu cya Australiya ikorerara i Sydney iratangaza ko yataye muri yombi umugabo ushinjwa ubutasi akorera Koreya ya Ruguru, mu rwego rw’ubukungu,itabwa muri yombi rye rikaba ryabereye mu gace ka Eastwood muri Sydney. coque imprimé huawei pas cher

    Chan Han Choi w’imyaka 59, Coque huawei Outlet aregwa kuba yararenze ku mategeko avana ibicuruzwa mu gihugu ndetse akanagira ibiganiro byo gutanga intwaro za kirimbuzi.

    Polisi ivuga ko yishe amategeko y’ibihano by’Umuryango w’Abibumbye ndetse n’aya Australiya nk’igihugu kimucumbikiye. Iki kirego kiri kuri Bwana Chan, Coque huawei Outlet umaze imyaka irenga 30 aba muri Australiya ni icya mbere gitanzwe muri bene ubu buryo, Coque pour Huawei muri iki gihugu. coque imprimé huawei pas cher Ni ku nshuro ya mbere umuntu arezwe ibi byaha hagendewe ku itegeko ryo mu 1995 rihana ibyaha bijyanye no gukwirakwiza intwaro za kirimbuzi.

  • Rallye des Milles Collines yegukanywe n’Umurundi

    Rallye des Milles Collines yegukanywe n’Umurundi

    Mu mukino w’amamodoka umaze kubaka izina mu Rwanda ndetse ukaba ukunzwe na benshi,birangiye Umurundi Giesen Jean Jean afatanyije na Dewalque Yannick batwara imodoka ya Toyota Celica, begukanye irushanwa ry’amadodoka rya ‘Rallye des Milles Collines’ yabaga ku nshuro ya 34, abakinnyi b’Abanyarwanda basoza mu myanya y’inyuma. produits coque huawei
    Iri siganwa ryabereye mu mihanda ya Kayenzi- Gashyushya na Kayumba-Mwogo naho agace ka Super Stage gakorerwa kuri Tuza Inn mu Bugesera kuwa Gatandatu, tariki 16 Ukuboza 2017. Iri rushanwa ryitabiriwe n’imodoka umunani zirimo iz’Abanyarwanda, Abarundi n’izavuye muri Uganda. Giesen Jean Jean wunganirwaga na Dewalque Yannick bakinisha imodoka ya Toyota Celica ni bo begukanye iyi Rallye des Milles Collines. Intera y’ibirometero 156 basiganwagamo muri rusange, yayikoreshejemo isaha imwe, iminota 39 n’amasegonda 13. Coque huawei P20 Uwabaye uwa mbere yakurikiwe na Remezo Christian ukinana na Gahuragiza Jean Marie, batwara Toyota Celica, bakoresheje 1h 50’ 04’’ ; Din Imitiaz na Uwimana Jules b’i Burundi basoza ari aba gatatu bakoresheje 1h 52’ 24’’. coque iphone d’occasion
    Imodoka yakoreshejwe n’Umurundi Giesen Jean Jean
    Uko bakurikiranye muri Rallye des Milles Collines 2017
    1. Giesen Jean Jean
    2. Remezo Christian
    3. Din Imitiaz
    4. Nyiridandi Fabrice
    5.Barondemo Gilberto
    6. Coque Huawei P10 Fergadiotis G.Tassos
    7.Gakwaya Eric
    8.

  • Kirehe: Police yagobotse Abaturage ibagezaho  amazi meza n’amashanyarazi

    Kirehe: Police yagobotse Abaturage ibagezaho amazi meza n’amashanyarazi

    Ku rwego rw’igihugu ahatangirijwe igikorwa cya Police Week mu karere ka Kirehe hatanzwe amashanyarazi ku miryango 155 n’amazi meza yagejejwe ku batuye mu murenge wa Kigarama. Minisitiri Francis Kaboneka na IGP Emmanuel Gasana basabye abaturage bahawe ibi bikorwa kubibungabunga no kubibyaza umusaruro.

    IGP Gasana, Minisitiri Kaboneka na Guverineri Kazaire mu gikorwa cyo guhanga umuhanda

    IGP Gasana, Minisitiri Kaboneka na Guverineri Kazaire mu gikorwa cyo guhanga umuhanda

    Aha mu murenge wa Kigarama aho iki gikorwa cyatangirijwe, Police ifatanyije n’abaturage bahanze umuhanda mushya mu kagari ka Cyanya maze batanga umuyoboro w’amazi wagejejwe kubaturage ba hano ndetse n’umuriro ukomoka ku mirasire y’izuba ku ngo 155.

    IGP Emmanuel Gasana Komiseri mukuru wa Police y’u Rwanda yavuze ko mu gihe cy’ukwezi kwahariwe ibi bikorwa bya polisi bazibanda ku kurwanya ibyaha bikigaragara ariko bakanafasha abaturage mu iterambere ryabo.

    Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis Kaboneka yasabye aba baturage bahawe ibi bikorwa remezo kubibungabunga no bakabibyaza umusaruro kuko aribo bifitiye akamaro.

    Ati “Inzu irimo umuriro ntigomba kubamo umwanda kuko iyo ugize umwanda ibyo bituma cya gikorwa gita agaciro. Ikindi ariya mazi akwiye kubungabungwa aho kugirango muge mugenda mukuraho ibyuma kuri ariya ma robine nimuyabungabunge abagirire akamaro nabazabakomokaho.

    Police Week izamara igihe cy’ukwezi ibikorwa byayo bizakorerwa mu gihugu hose, biteganyijwe ko ingo 3 000 zizahabwa amashanyarazi akomoka ku zuba n’ingo zigera kuri 500 zikegerezwa amazi meza. Ibikorwa byose ngo bizatwara agera kuri miliyoni 200.

    Police y’u Rwanda ikaba inakora ibi mu kwitegura isabukuru y’imyaka 17 imaze ibayeho izizihizwa ku itariki 16 Kamena 2017.

    Abapolisi mu gikorwa cyo guhanga umuhanda muri uyu murenge

     

    Bafatanyije n'abaturage benshi hamwe n'abayobozi

     

    Bamurikiwe amazi bagejejweho na Police y'u Rwanda

     

    Minisitiri Kaboneka yabasabye kubungabunga ibi bikorwa

     

    IGP Gasana yavuze ko Police itazafatanya n'abaturage mu murekano gusa ahubwo no mu iterambere ryabo

     

    Ingo zigera ku 155 zahawe amashanyatazi

     

  • Kigali: Polisi yashubije ibikoresho bitandukanye byari byaribwe ba nyirabyo

    Kigali: Polisi yashubije ibikoresho bitandukanye byari byaribwe ba nyirabyo

    Polisi yo mu Mujyi wa Kigali, yasubije abaturage ibikoresho bitandukanye byo mu rugo byari byaribwe, nyuma yo kubifatira mu mikwabu igamije gutahura abajura muri uyu mujyi.

    Icyo gikorwa cyabaye kuwa Gatanu tariki ya 15 ubwo hasubizwaga mudasobwa enye na television yo mu bwoko bwa flat. coque iphone soldes Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, Superintendent Emmanuel Hitayezu, yavuze ko icyo gikorwa cyo gushakisha abajura n’ibyibwe polisi ibikesha imikoranire myiza n’ubufatanye n’abaturage, bayitungira agatoki aho ibyibano biherereye ndetse n’abakekwaho ubwo bujura bagakurikiranwa nyuma y’iperereza bagashyikirizwa ubutabera. Yanavuze ko ibyo byabaye inshuro nyinshi kandi uko icyo gikorwa cyagiye gikorwa cyagenze neza kubera ubwo bufatanye. coque iphone outlet store Igisabwa abaturage baba baribwe ni ukugana Polisi bakareba ko byaba biri mu byo yafashe hanyuma bagatanga ibimenyetso ko ari ibyabo bakabisubizwa. Supt. Hitayezu yongeye gusaba abaturage kumenya kubika ibikoresho byabo neza bakabishyiraho utumenyetso tw’ibanga tubiranga ndetse bakanabika inyemezabuguzi babiguriyeho kugira ngo bizabafashe kubitahura igihe byibwe. Coque huawei Yongeye kandi kwibutsa abaturarwanda kureka kugura ibintu bidafite ikibyemeza ko ari ibyaguzwe na kanaka kuko akenshi biba ari ibyibano kandi bikaba bihanwa n’amategeko.Ni no gutiza umurindi abajura kuko baba bizeye abaguzi b’ibyo byibano. coque huawei pas cher Aloys Rurangwa umwe mu bashubijwe ibyabo yavuze ko ashimira Polisi ukuntu yamufashije kubona televiziyo ye yibwe ikanagurishwa ku giciro gito cyane cya 65,000Frw.

  • DRC:Thomas Lubanga aracyaryozwa guhohotera abana

    DRC:Thomas Lubanga aracyaryozwa guhohotera abana

    Abacamanza b’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rukorera i La Haye mu Buholandi (ICC), bagennye indishyi ku abana bashowe mu ntambara na Thomas Lubanga uheruka guhamwa n’ibyaha. Mu 2012, Lubanga yahamwe n’ibyaha byo gushimuta abana b’abahungu n’abakobwa bafite imyaka 11 akabashora mu ntambara. coque iphone Abana b’abahungu bajyanywe kurwana mu gace ka Ituri kari mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Vente Coque iPhone Abakobwa bo bakoreshejwe nk’abacakara bakoreshwa imibonano mpuzabitsina ku ngufu. coque huawei pas cher Thomas Lubanga yahanishijwe imyaka 14 y’igifungo, ni we Urukiko rwategetse ko agomba kuzishyura ariya mafaranga. coque huawei pas cher Gusa Urukiko ruvuga ko rwasanze akennye cyane bityo hakaba hibazwa aho amafaranga yaciwe azava. Imiryango iharanira uburenganzira bw’abana ivuga ko benshi mu bana Thomas Lubanga yajyanye mu ntambara batereranywe n’imiryango yabo.

  • Kagame yongeye gutorerwa kuyobora FPR, Bazivamo akomeza kumwungiriza

    Kagame yongeye gutorerwa kuyobora FPR, Bazivamo akomeza kumwungiriza

    Paul Kagame yongeye gutorerwa kuyobora Umuryango wa FPR Inkotanyi mu matora yabereye ku kicaro cy’Umuryango Rusororo,ahari hateraniye Kongere y’uyu muryango yabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Ukuboza 2017,bakaba bamuhundagajejo amajwi angana na 99,9%. coque huawei pas cher
     

    Abanyamuryango ba FPR kandi bongeye kugirira icyizere Christophe Bazivamo cyo gukomeza kuba umuyobozi mukuru wungirije muri uyu muryango, aho yatowe ku majwi 97,8%

    Ngarambe Francois Xavier nawe yongeye gutorerwa gukomeza kuba umunyamabanga mukuru wa FPR-Inkotanyi ku majwi arenga 97%. coque imprimé huawei pas cher Mu ijambo rye Kagame yashimye abamugiriye icyozere we n’abamwungirije, avuga ko kwizihiza imyaka 30 byafashije abanyamuryango ba FPR gufata ingamba nshya. Yagize ati “‪Iyi sabukuru y’imyaka 30 ya RPF-Inkotanyi, yatubereye umwanya wo kongera kwisuzuma no kongera imbaraga mu rugamba rwo guteza imbere igihugu cyacu‬.” Muri aya matora yahuriranye no kwizihiza isabukuru y’imyaka 30 FPR-Inkotanyi imaze ishinzwe, hanatowe abakomiseri 20, harimo abakomiseri 10 b’umuryango n’abakomiseri 10 bahagarariye urubyiruko. Coque huawei Soldes Mbere y’uko amatora aba, hari habaye igikorwa cyo kwamamaza, aho umukandida Paul Kagame yamamajwe na Fidel Ndayisaba na ‪Sheikh Abdoul-Karim Harerimana‬. Coque Huawei 2018 Ndayisaba yagize ati “‪Ni umugabo ufite ibigwi ntagereranywa ugifite byinshi yageza ku Banyarwanda n’igihugu muri rusange‬.” Harerimana we yagize ati “‪Ni umugabo ureba kure kandi imvugo ye ikaba ingiro.” Mu bandi bamamaje harimo Tito Rutaremara wamamaje Bazivamo ku mwanya wo kungiriza umuyobozi mukuru wa FPR. coque huawei pas cher Yagize ati “Bazivamo yagaragaje ubupfura no gukunda umurimo, haba mu kazi akora ubu kandi aho yanaduhagarariye mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba.

  • Huye: Imodoka ebyiri zafashwe n’inkongi zirashya zirakongoka

    Huye: Imodoka ebyiri zafashwe n’inkongi zirashya zirakongoka

    Imodoka ebyiri zari ziri mu igaraje riri mu Rwabayanga mu mujyi wa Huye, ziri gukorwa zafashwe n’inkongi zirakongoka.

    Zafashwe n’inkongi ubwo zari zirimo gukanikwa, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 15 Gicurasi 2017.

    Abakanishi bakora muri iryo garaje bavuga ko imodoka imwe yo mu bwoko bwa” Toyota Hilux” barimo bayisudira. Umukanishi wayisudiraga avuga ko ngo ibishashi byaturukaga mu gusudira byaba aribyo byateye iyo nkongi.

    Avuga ko ibyo bishashi byaguye kuri ‘resevoir’ ya lisansi y’iyo modoka ishobora kuba yari ifite ikibazo.

    Bikigwaho ngo umupfundikizo wayo wahise uturika, ujya mu kirere imodoka ihita ifatwa n’umuriro ubwo.

    Abari aho ngo bashatse kuyizimya biranga, umuriro ubarusha imbaraga. Uwo muriro ngo wahise ufata indi modoka yari hafi aho ya "Twegerane", zombi ziragurumana.

    Nyuma batabaje Polisi, irabatabara. Ubwo twandikaga iyi nkuru nta kizimyamwoto yari yahagera.

    Umuvugizi wa Polisi y’igihugu, ACP Theos Badege ahamya ko iyo nkongi yatewe n’umuntu wasudiraga imodoka hafi y’ahaba hari Lisansi.

    Ahamagarira abakora mu magaraje kujya bakora ibintu basobanukiwe mu rwego rwo kwirinda impanuka za hato na hato.

    Abwira kandi abafite ibinyabiziga kujya bakoresha mu magaraje bizeye neza ko afite ubwishingizi.

    Ku bijyanye na kizimyamoto nini ya polisi, ACP Theos Badege avuga ko biri mu igenamigambi rya Polisi n’inzego z’ubuyobozi kuzigura.

    Avuga ko ariko igihe zitaraboneha hari uburyo bwashyizweho bwo kwigisha abantu kwirinda inkongi ndetse no kuzimya byoroheje, igihe bategereje ubufasha bwisumbuye.

     

  • Morgan Freeman ahamya ko u Rwanda rweretse isi yose ko amahoro ashoboka

    Morgan Freeman ahamya ko u Rwanda rweretse isi yose ko amahoro ashoboka

    Morgan Freeman umukinnyi ukomeye wa Filime wo muri Amerika (USA) ahamya ko ibyo yabonye mu Rwanda bimwereka ko amahoro ashoboka ku isi.

    Ibi yabitangaje ubwo yasuraga Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, kuri uyu wa mbere tariki ya 15 Gicurasi 2017.

    Yasuye uru Rwibutso, ahamara amasaha arenga atandatu afata amashusho ya filime ari gutegura. Yanaganiriye na bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe Abatutsi.

    Nyuma yo gusura Urwibutso rwa Gisozi, yatanze ubutumwa bugira buti “Turi hano nk’itsinda ry’abakora filime ivuga kuri Jenoside ariko twanaje hano kwiga ubumwe n’ubwiyunge kandi ibyo tumaze kwiga bituma twifuza kurushaho kubamenya.

    Ikindi ni uko ibyo mumaze kugeraho nyuma ya Jenoside mubikesha Ubumwe n’Ubwiyunge biduha icyizere ko amahoro ashoboka. Murakoze!”

    Mbere yo gusura Urwibutso rwa Jenoside rwa Gisozi, Morgan Freeman yasuye ahantu hatandukanye mu Rwanda, harimo Pariki y’Ibirunga aho yasuye ingagi zaho.

    Amakuru avuga ko uwo mukinnyi wa Filime ukomeye ku isi ari mu Rwanda, yatangiye kumvikana mu cyumweru gishize, cyatangiye ku itariki 08 Gicurasi 2017.

    Morgan Freeman wavutse mu mwaka wa 1937, azwi muri filime zitandukanye zakunzwe nka “London Has Fallen”, “Olympus Has Fallen”, “Lucy”, “Evan Almighty”, “Momentum” n’izindi.

     

  • Musanze:Ibitaro bya Ruhengeri mu ihurizo ryo gushakisha  umurambo

    Musanze:Ibitaro bya Ruhengeri mu ihurizo ryo gushakisha umurambo

    Nyuma y’aho mu Bitaro bya Ruhengeri haburiye umurambo w’umuntu wari uharuhukiye hategerejwe ko bene we babona amafaranga bishyuzwaga, ukaba wabuze, kuri uyu wa Mbere hafashwe umwanzuro wo gutaburura uwashyinguwe mu Karere ka Burera ngo harebwe niba haratanzwe utari we.

     

    Umurambo wabuze ni uwa Munyarukiko Jean Damascène w’imyaka 30, wakoze impanuka akitaba Imana ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize.

    Nyuma y’uko Munyarukiko yitabye Imana yajyanywe mu buruhukiro bw’Ibitaro bya Ruhengeri ba nyirawe ntibawuhabwa kuko bari baciwe ibihumbi 47 by’amafaranga y’u Rwanda batayafite ako kanya bahita bajya kuyashaka.

    Ubuhamya bwatanzwe na Ntawangwanabose Godelive(umubyeyi wa Munyarukiko), buvuga ko nyuma yo kubona amafaranga bagarutse ku bitaro kuri iki Cyumweru ariko bakabwirwa ko nta muyobozi uhari wabafasha maze basabwa kugaruka bucyeye(Kuri uyu wa Mbere).

    Ntawangwanabose yavuze ko ubwo bahageraga basanze umurambo w’umuntu wabo nta wuri mu buruhukiro bikaba bikekwa ko ibitaro byaba byaribeshye bigatanga utari we wanashyinguwe mu Karere ka Burera kuri iki Cyumweru.

    Kugeza ubu ngo hafashwe umwanzuro ko uyu murambo na wo w’igitsina gabo ujya gutabururwa ngo harebwe niba yaba ari Munyarukiko washyinguwe n’abatari ba nyirawe.

    Umuyobozi w’Ibitaro bya Ruhengeri, Ayingeneye Violette, yatangarije IGIHE ko ikibazo cyo kubura umurambo cyabereye mu bitaro ayobora ariko ntiyagira amakuru menshi avuga, ko andi aza kuyatanga nyuma.

    Munyarukiko yari umunyonzi akaba yarakoreye impanuka mu Murenge wa Muhoza aho yari atuye mu Kagari ka Kigombe, Umudugudu wa Cyabararika, mu Karere ka Musanze.

    Ubwo yakoraga impanuka yari atwaye igare ahetse n’umugenzi. Yashakanye na Ndacyayisenga w’imyaka 29, akaba assize umwana umwe.

    Abaturage bagaragaye kubwinshi bifuza kumenya ishyano ryaguye mu bitaro