MININFRA yemereye ibigo by’ubwubatsi 20 gusubukura imirimo
Minisiteri y’Ibikorwa remezo (MININFRA) yemereye ibigo 20 by’ubwubatsi gusubukura imirimo bikurikiza ingamba zashyiriweho kurwanya icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19). Ibyo bigo
Minisiteri y’Ibikorwa remezo (MININFRA) yemereye ibigo 20 by’ubwubatsi gusubukura imirimo bikurikiza ingamba zashyiriweho kurwanya icyorezo cya Koronavirusi (COVID-19). Ibyo bigo
Mu gihe cy’icyumweru kimwe ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro, IPRC Kigali, riratangaza ko rizaba rimaze gusohora imashini zakorewe mu Rwanda, zifashishwa
Ubunyamabanga bw’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza ‘Commonwealth’, bwatangaje ko inama ihuza abakuru n’ibihugu na za Guverinoma zigize uwo muryango yagombaga kubera
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima, OMS, watangaje ko icyorezo cya COVID-19 giterwa na virusi ya Corona kitakorewe mu nzu zikorerwamo
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye gusinya itegeko riba rihagaritse abimukira bose bashakaga kwerekeza
Guverinoma ya Nigeria yasabye imbabazi ku makosa yakozwe ubwo hashyingurwaga umwe mu byegera bya Perezida Muhammadu Buhari wishwe na coronavirus.
Komisiyo y’Igihugu y’Ubumwe n’Ubwiyunge irashimira Abanyarwanda muri rusange n’inzego zose zibibashamo , uburyo bakomeje kwitabira ibikorwa bya gahunda yo kwibuka
Ishami rireba iby’ubushabitsi mu bukerarugendo mu rwego rw’abikorera mu Rwanda ryandikiye ikigo gishinzwe iterambere,RDB, risaba leta kugoboka abacuruzi muri uru
Urwego Ngenzuramikorere (RURA) rwatangaje ko mu mujyi wa Kigali, ikilo cya gaz yo gutekesha kitagomba kurenza amafaranga 1084 ku kilo.
Inama yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu bo mu muryango wa Afurika y’Iburasirazuba yasubitswe kubera ubusabe bwa kimwe mu bihugu biwugize ,