Bugesera yihereranye Rayon Sports
Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe igitego kimwe ku busa na Bugesera FC mu mukino wa shampiyona w’ishiraniro wahuje aya makipe
![]()
Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe igitego kimwe ku busa na Bugesera FC mu mukino wa shampiyona w’ishiraniro wahuje aya makipe
![]()
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima, OMS, ryagize Perezida wa Zimbabwe, Robert Mugabe, ambasaderi waryo ,ariko impuguke mu by’ubuzima n’impirimbanyi
![]()
Ubuyobozi muri Uganda bwatangajev ko hongeye kumvikana icyago cy’indwara iterwa na Virusi yitwa Marburg, ikaba irangwa ahanini no gutera uwayanduye
![]()
Leta zunze ubumwe z’Amerika, yatangaje ko yiteguye kongera gushigikira leta ya Somaliya, nyuma y’aho icyo gihugu bigaragaye ko kirimo kwibasirwa
![]()
Muri leta zunze ubumwe za Amerika hadutse icyorezo cy’umuriro ufite ubukana budasanzwe ,ukaba wibasiye leta ya California aho umaze gutwika
![]()
Lt Col Innocent Munyengango niwe wagizwe Umuvugizi mushya w’ingabo z’igihugu (RDF), asimbuye Brig Gen Safari Ferdinand wari umaze igihe gito
![]()
Raila Odinga usanzwe atavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Kenya,akaba ari nawe uhagarariye amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi (Nasa)yatangaje ko atazitabira amatora y’Umukuru
![]()
Muri Afrika y’Epfo abacamanza bahagaritse urubanza ruregwamo umugore ushinjwa kwica umuntu amuhora ko yamusambanirije umwana w’umukobwa amufashe ku ngufu. Impamvu
![]()
Perezida Kagame yavuze ko igikorwa cyo gusuzuma uko imihigo ishyirwa mu bikorwa kitagakwiye kuba umugenzo cyangwa umuhango,ko ahubwo ari uburyo
![]()
Leta zunze ubumwe z’Amerika ihangayikishijwe cyane n’umwuka mubi ugenda wiyongera muri Kenya kubera itora ry’umukuru w’igihugu riteganijwe ku italiki ya
![]()