Raila Odinga yahagaritse umugambi we wo guhatanira kuba Perezida

Raila Odinga usanzwe atavuga rumwe n’ubutegetsi  bwa Kenya,akaba ari nawe  uhagarariye amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi (Nasa)yatangaje ko atazitabira   amatora y’Umukuru w’Igihugu yarateganijwe  kuzasubirwamo ku wa 26 Ukwakira 2017.

Kuri uyu wa Kabiri, Odinga  nibwo yatangaje ko we n’uwo bari basangiye umugambi  Kalonzo Musyoka, nta mpamvu yatuma bata igihe cyabo nkuko byari byitezwe.

Odinga ashinja  Komisiyo yigenga ishinzwe amatora muri Kenya ko itigeze igaragaza ubushake mugutunganya uburyo amatora yari yitezwe gusubirwamo  ibyo yita uburiganya butayaranzwemo,ibintu aheraho yemeza ko nyuma yo gutakariza icyizere iyi komisiyo,nawe ahagaritse umugambi we bidasubirwaho.

 

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *