Umukino wahuzaga Amavubi na Sudani urahagaritswe kubera imvururu mu kibuga
Umukino wa gicuti waberaga i Tunis hagati ya Sudani n’Amavubi, urahagaritswe nyuma yo gushyamirana mu kibuga kwakuruwe n’abakinnyi ba Sudani
Umukino wa gicuti waberaga i Tunis hagati ya Sudani n’Amavubi, urahagaritswe nyuma yo gushyamirana mu kibuga kwakuruwe n’abakinnyi ba Sudani
Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe igitego kimwe ku busa na Bugesera FC mu mukino wa shampiyona w’ishiraniro wahuje aya makipe
Umunyezamu wa Rayon Sports Mutuyimana Evariste yitabye Imana ahitanywe n’indwara yo kubura umwuka yari asanzwe arwara, aguye mu bitaro bya
Ikipe y’Igihugu Amavubi yatsinze Uganda Cranes ibitego 2-0 mu mukino wo kwishyura mu gushaka itike yo kwitabira igikombe cya Afurika
Ikipe y’Igihugu Amavubi yahawe isomo na Uganda iyitsinda ibitego 3-0 mu mukino ubanza wo gushaka itike yo kuzakina CHAN. Ibitego
Perezida wa FERWAFA Nzamwita Vincent De Gaulle na Mwanafunzi Albert wari ushinzwe amarushanwa muri FERWAFA nibo bakandida bamaze gutanga amabaruwa
Umusore w’imyaka 16 witwa Largie Ramazani wavukiye mu Burundi agakurira mu Bubiligi yakoze amateka yo kuba ariwe mukinnyi wo muri
Ikipe y’igihugu y’abagore y’abatarangeje imyaka 20 izatangira guhatanira itike yo gukina igikombe cy’Isi cya 2018 kizabera mu Bufaransa ku mukino
Umunya- Côte d’Ivoire, Cheick Tiote, yitabye Imana ari mu myitozo mu ikipe ya Beijing Enterprises yo mu Bushinwa yakiniraga kuva
Uwari asanzwe ayobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, coque iphone occasion Nzamwita Vincent De Gaule yavanyemo kandidatire mu matora ku