APR FC yihereranye Anse Réunion FC ihakura itike yo gukomeza

Mu mukino ubanza wa CAF Confederation Cup, APR Fc yo mu Rwanda inyagiye Anse Reunion yo muri Seychelles ibitego 4-0 kuri Stade Amahoro

Mu bakinnyi APR yabanje mukibuga harimo:Kimenyi Yves, Fitina Ombolenga, Emmanuel Imanishimwe, coque iphone outlet shop Buregeya Prince, acheter adidas ultra boost 4 0 runnics fr fr Rugwiro Herve, Mugiraneza Jean Baptiste, coque huawei pas cher Bizimana Djihad, nike air vapormax plus the cell online shop Hakizimana Muhadjili, Sekamana Maxime, nike air max 270 flyknit total crimson le site de la sneaker Coque huawei Bigirimana Issa na Byiringiro Rague. nike 844839 001 nike kwazi men running shoes black black

Ikipe ya APR Fc iteye intambwe yo kwerekeza muri 1/16 mu marushanwa ahuza amakipe yatwaye igikombe cy’igihugu, nyuma yo kunyagira mu buryo bworoshye ikipe ya ANSE Reunion yo mu birwa bya Seychelles.

Ibitego bya APR Fc byinjijwe na Bizimana Djihad watsinzemo bitatu, aho yafunguye amazamu ku munota wa 12 w’igice cya mbere, atsinda icya kabiri ku munota wa 70, nike air max 90 essential black black black black footshop Bigirimana Issa yaje gutsinda igitego cya gatatu ku munota wa 78, kids air jordan 5 air jordan shoes michael jordan shoes coque imprimé huawei pas cher Djihad aza no gutsinda icya kane ku munota wa 90 w’umukino. Aya makipe yombi biteganijwe ko azakina umukino wo kwishyura hagati y’itariki ya 20 na 21/02/2018 muri Seychelles, izatsinda ikazahura na AC Djoliba yo muri Mali.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *