Wenger yamaze gusezera gutoza Arsenal

Umutoza w’ikipe ya Arsenal Arsene Wenger arashyize atangaje ko nyuma y’uyu mwaka w’imikino atazakomeza gutoza iyi kipe nyuma y’imyaka isaga 22 yari ayimazemo. Arsene Wenger w’imyaka 68 yari arambiranye mu ikipe ya Arsenal kubera ko mu myaka 12 ishize ikipe yasubiye inyuma ndetse umusaruro urabura,biradogera abafana batangira kumwikoma none atangaje ko atagikomeje gutoza iyi kipe. nike air max 90 womens 325213 047 black white running shoes sneakers nike air max 95 rebel skulls le site de la sneaker Coque huawei France Wenger wageze muri Arsenal mu mwaka wa 1996 avuye mu Buyapani muri Nagoya Grampus, yayifashije gutwara ibikombe 3 bya Premier League,FA Cup 7. nike zoom all out flyknit quick review sizing info youtube online cheap nike air vapormax flyknit men s grey black shoes Wenger yafashije Arsenal kuva ku rwego rwo hasi yari iriho ayigira igihangange byayifashije kwegukana igikombe cya shampiyona mu mwaka wa 2004 idatsinzwe. air jordan 7 femme omake nike air max 2018 elite grigio nero uomo scarpe da running sconto online coque iphone for sale Wenger yafashije Arsenal kubaka stade ya Emirates yakira abantu ibihumbi birenga 60 ivuye kuri Highbury yakiraga abantu bake ndetse itari igezweho. nike internationalist donna light rosa marrone cool grigie logo nike air max 90 essential noir argent Coque pour Huawei Mu kiganiro agiranye n’urubuga rwa Arsenal mu kanya gashize ubwo yatangazaga uko biteguye umukino wa Westham yavuze ko yisuzumye agasanga aricyo gihe cyo kuva muri Arsenal. pas cher nike air max 97 femme et homme chaussures salomon speed cross 3 Coque huawei Soldes Yagize ati “Nyuma yo kwisuzuma no kuganira n’ubuyobozi bw’ikipe,Nsanze aricyo gihe cyiza cyo gusezera muri Arsenal mu mpera z’uyu mwaka w’imikino.Nishimiye kuba narakoranye neza n’ikipe muri iyi myaka y’agaciro.Iyi kipe nayikoreye n’umutima ukunze kandi nitanga.Ndashimira abayobozi,abakinnyi n’abandi bagize uruhare mu kugira ngo iyi kipe itere imbere.Ndasaba abafana gukomeza gushyigikira ikipe kugira ngo izasoze ikomeye.” Wenger na Ferguson nibo batoza babashije gutoza imikino irenga 1000 mu Bwongereza ndetse muri yo amaze gutsinda imikino irenga 700.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *