Abahungu barokowe mu buvumo muri Thailande bibutse uwabarokoye

Abahungu 12 bakina umupira w’amaguru barokowe bakurwa mu buvumo muri Thailande bari mu kiriyo cyo kwibuka uwigeze kuba mu gisirikare kabuhariwe cya Thailande kirwanira mu mazi, 148 off white x nike air force 1 low the ten review on feet wapfuye arimo kugerageza kubarokora.

Umukorerabushake kabuhariwe mu kwibira mu mazi, Saman Gunan,wari ufite imyaka 38 y’amavuko yapfuye ku itariki ya 6 y’uku kwezi kwa karindwi ari gushyira amasanduku y’umwuka wo guhumeka wa oxygen mu buvumo aba bahungu bari bahezemo. Aba bahungu 12 n’umutoza wabo w’umupira w’amaguru ufite imyaka 25 y’amavuko, ku wa gatandatu nibwo bwa mbere bari babwiwe ibya Saman wapfuye ageregeza kubarokora. baskets nike air max 2017 homme chaussures de running homme rouge Abaganga bari bamaze kwemeza ko ubu noneho bamaze kugarura ubuzima bihagije kuburyo kumenya iyo nkuru bashobora kubyakira. adidas gazelle donna grigie donna scarpe Jedsada Chokdamrongsuk, nike shoes air vapormax flyknit rose gold poshmark umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’ubuzima muri Thailande wari uhari ubwo babwirwaga iyo nkuru, yagize ati”Bose barize, bihanganisha umuryango we bandika ubutumwa ku gishushanyo cya Saman, kaws x nike air jordan 4 the sole supplier nuko bafata n’umunota umwe wo kumwibuka.” Amafoto agaragaza aba bahungu bagize ikipe y’umupira w’amaguru the “Wild Boars” – bakiri mu bitaro aho bakomeje gukurikiranwa – bazengurutse icyo gishushanyo cya Saman. Aba bahungu, bafite hagati y’imyaka 11 na 17 y’amavuko, bakuwe mu buvumo n’igisirikare kabuhariwe cya Thailande ndetse n’abatabazi mpuzamahanga, 2017 migliore asics gel lyte 5 uomo online bupmxzy189 mu gikorwa cy’ubutabazi cyamaze iminsi itatu kikarangira ku itariki ya 10 y’uku kwezi kwa karindwi. Byitezwe ko kuri uyu wa kane ari bwo bazava mu bitaro bya Chiang Rai Prachanukroh aho bakomeje gukurikiranwa,

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *