Abakinnyi b’amagare mu Rwanda bahesheje Igihugu ishema

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abatarengeje imyaka 23 yahesheje Igihugu ishema ndetse inatsindira andi mahirwe yo kwegukana itike yo kuzakina Tour de France y’abatarengeje imyaka 23, nyuma yo kwegukana isiganwa ryaberaga muri Cameroun

Ryari isiganwa ryahuzaga amakipe y’abaterengeje imyaka 23, rizwi ku izina rya Tour de l’Espoir ryari ribaye bwa mbere, rikaba ryahuzaga ibihugu byo muri Afurika ndetse na Vietnam nayo yari yitabiriye iri rushanwa.

Ku munsi wa mbere w’iri siganwa, coque iphone france abakinnyi bakinnye bazenguruka umujyi wa Douala, air jordan xxx 30 chaussures air jordan pas cher pour homme boutique aho umunyarwanda waje ku mwanya wa mbere ari Areruya Joseph waje ku mwanya wa gatanu, jordan 11 soldes homme air jordan 11 retro rouge jordan 11 high aho yarushwaga amasegonda 29 n’umunya-Eritrea wari uwa mbere ari we MEBRAHTOM Natnael.

Ku munsi wa kabiri, abasiganwa bavuye Idenao bagaruka Douala, aho umunyarwanda waje imbere ari UKINIWABO Jean Paul Rene waje ku mwanya wa kabiri, aho yanganyaga ibihe n’uwa mbere, naho Areruya Joseph aza ku mwanya wa gatandatu. 9 reasons to not to buy nike air max 1 og august 2018 runrepeat Coque huawei Outlet

Ku munsi wa gatatu, offre coque huawei hari kuri uyu wa Gatandatu, aho isiganwa ryabereye mu mujyi wa Yaounde, coque iphone occasion aho abanyarwanda baje kongera kwigaragaza maze Mugisha Samuel yegukana aka gace abaye uwa mbere, akurikirwa na Areruya Joseph wahise unambara umwenda w’umuhondo wambarwa n’umuntu uza imbere ku rutonde rusange. Achat coque huawei pas cher

Kuri iki cyumweru ni bwo hakinwaga agace ka nyuma k’iri siganwa, aho abakinnyi bahagurutse ahitwa Akono bagaruka Yaounde, 2017 perfetto nike free 5 0 donna vendita qianxue282 aho bakoze intera ingana na Kilometero 71.5, aho Areruya Joseph yasoje aka gace ari uwa kane ariko asoza isiganwa ari we wa mbere muri rusange.

Muri iri siganwa, ikipe y’igihugu y’u Rwanda yasoje isiganwa ari yo iri ku mwanya wa mbere, amazon air jordan 14 retro bg gs oxidized 487524 106 akaba ari nayo izahagararira umugabane w’Afurika mu isiganwa ryitwa Tour de l’Avenir (Tour de France y’abakiri bato).

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *