Abana 24 barasambanyijwe muri ibihe bya Coronavirus
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, MIGEPROF, yatangaje ko kuva aho u Rwanda rufatiye ingamba zo gusaba abaturage kuguma mu ngo hirindwa
Minisiteri y’Uburinganire n’Iterambere ry’Umuryango, MIGEPROF, yatangaje ko kuva aho u Rwanda rufatiye ingamba zo gusaba abaturage kuguma mu ngo hirindwa
Perezida Donald Trump yanenzwe cyane n’abakora mu buvuzi nyuma y’uko atanze igitekerezo gitangaje ngo hakorwe ubushakashatsi niba coronavirus itavurwa hifashishijwe
Icyizere ku muti wahabwaga amahirwe menshi yo kuvura abarwayi b’icyorezo cya Coronavirus, kirasa n’icyayoyotse nyuma y’igerageza wakoreweho ariko ntirigire icyo
Mu gihe cy’icyumweru kimwe ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro, IPRC Kigali, riratangaza ko rizaba rimaze gusohora imashini zakorewe mu Rwanda, zifashishwa
Ubunyamabanga bw’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Icyongereza ‘Commonwealth’, bwatangaje ko inama ihuza abakuru n’ibihugu na za Guverinoma zigize uwo muryango yagombaga kubera
Umuryango Mpuzamahanga wita ku Buzima, OMS, watangaje ko icyorezo cya COVID-19 giterwa na virusi ya Corona kitakorewe mu nzu zikorerwamo
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko agiye gusinya itegeko riba rihagaritse abimukira bose bashakaga kwerekeza
Guverinoma ya Nigeria yasabye imbabazi ku makosa yakozwe ubwo hashyingurwaga umwe mu byegera bya Perezida Muhammadu Buhari wishwe na coronavirus.
Polisi n’Urwego rw’Ubugenzacyaha, RIB, mu Karere ka Gakenke bataye muri yombi umusore ukomoka mu murenge wa Muhondo, ukurikiranweho amagambo yuzuye
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko mu ijoro rishyira ku wa mbere tariki 20 Mata 2020 yafashe abantu 28 barimo abagore