Nyamagabe: Polisi yakanguriye abanyeshuri kwirinda ibyaha

Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamagabe kuri uyu wa 18 Mata yaganirije abanyeshuri barenga 300 bo mu kigo cy’amashuri yisumbuye cya Mulico giherereye mu murenge wa Gasaka, ibakangurira kugira uruhare mu kwirinda ibyaha, coque imprimé huawei cyane cyane ibiyobyabwenge n’ingaruka zabyo. coque huawei pas cher Umupolisi ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi n’abaturage (DCLO) mu karere ka Nyamagabe Assistant Inspector of Police (AIP) Daniel Niyibizi, coque imprimé huawei pas cher yabasabye kwirinda kwishora mu byaha cyane cyane kunywa no gucuruza ibiyobyabwenge. Yabgizeati “Ibiyobyabwenge bigira ingaruka ku buzima bw’ubikoresha, mwebwe nk’abanyeshuri rero byanatuma mudatsinda neza amasomo yanyu bikanabaviramo guta ishuri. Iyo unywa ibiyobyabwenge uba ushyira ubuzima bwawe mu kaga kuko binagutera kwishora mu bindi byaha birimo ubujura, gukubita no gukomeretsa, n’ibindi.” Yakomeje agira ati “Kubera ko akenshi abakora ibi byaha baba babitewe n’ibiyobyabwenge, niyo mpamvu tugomba guhagurukira rimwe tugafatanya mu kubirwanya, mukagaragariza abayobozi umuntu wese mubonanye ibiyobyabwenge cyangwa ubinywa.” Niyibizi yanaboneyeho umwanya wo kubwira abo banyeshuri ko n’abangavu baterwa inda zitifuzwa, coque huawei rimwe na rimwe baba banyweye ibiyobyabwenge, ibi bikaba byababera n’intandaro yo kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina idakingiye zirimo na SIDA. Coque iPhone 6 AIP Niyibizi yasoje asaba ubuyobozi bw’ikigo kujya bukora igenzura mu banyeshuri ngo barebe niba nta biyobyabwenge birimo, bagakorana inama n’ubuyobozi bw’inzego z’umutekano ndetse n’ababyeyi bagakangurirwa uruhare rwabo mu kurwanya ibiyobyabwenge,

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *