Uburusiya bwamaramaje ko nta ruhare bwagize mu matora yo muri Amerika

Ibiro bya perezida w’Uburusiya byavuze ko nta ruhare icyo gihugu cyagize mu kwivanga mu matora y’umukuru w’igihugu muri Leta zunze ubumwe z’Amerika aheruka mu mwaka wa 2016. Coque Huawei Soldes Ibyo ni nyuma y’uko ibiro by’umushinjacyaha Robert Mueller, bishyikirije urukiko Abarusiya 13 bashinjwa kwivanga mu matora ya perezida. Coque pour Huawei Umuvugizi w’ibiro bya perezida w’Uburusiya, Dmitry Peskov, yabwiye abanyamakuru ko nta gaciro babiha. coque huawei pas cher Mueller wigeze kuyobora ibiro bishinzwe ubugenzacyaha FBI, yashyikirije urukiko impapuro zigizwe n’amapaji 37 zishinja Abarusiya kugerageza gushyigikira Donald Trump hanyuma bakandagaza Hillary Clinton bari bahanganye. coque iphone pas cher Perezida Trump akomeje guhakana ko nta bufatanye bwigeze bubaho hagati ye n’Abarusiya. Achat coque huawei Ntabwo ari Abarusiya gusa ibiro by’umushinjacyaha wihariye bimaze gutangaho ibirego.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *