Perezida Trump arashaka umubano urushijeho kuba mwiza n’Uburusiya

Perezida wa USA Donald Trump na Vladmir Putin uyu munsi bahuriye mu mujyi wa Helsinki muri Finland bahana ibiganza mu muhuro w’amateka,byatumye Trump avuga ko yifuza umubano urenze na Putin ndetse ashimangira ko umubano wabo utigeze uba mubi nkuko itangazamakuru ryabivugaga. nike air force 1 noir confortable et cool nike air jordan retro 6 homme chaussures noir Mbere y’uko aba bagabo bombi bajya kuganira mu ibanga,babanje kwifotoreza imbere y’itangazamakuru aho bagaragaye bahana ibiganza. scarpa da running nike air max 2017 donna nike ch new balance da donna new balance 993 roma saldi ampia scelta di Iyi nama ibaye nyuma y’aho Trump ategereje Putin hafi iminota 45 yose, air jordan 18 sport royal dope or nope youtube nike nike mens nike air max 2015 ottawa nike nike mens nike air max ataragera aho bagombaga guhurira, nike air max 2015 bright crimson the sole supplier 2018 vendita calda adidas zx flux donna in linea xx0212 gusa yatangarije abanyamakuru ko umubano wa USA n’Uburusiya utigeze uba mubi cyane nkuko byavuzwe n’ibitangazamakuru. uomo nike air max thea sapphire blu scarpe grande sconto nike roshe run nm w uncrate Yagize ati “Igishimishije ni uko dufite byinshi byo kuganiraho birimo ibijyanye n’igisirikare,ibisasu by’ubumara ndetse turavugana ku nshuti yacu duhuriyeho Xi perezida w’Ubushinwa.Ntabwo twari inshuti mu myaka 2 ishize gusa nizeye ko tuzagirana ubucuti burenze.Kubana n’Uburusiya n’ikintu cyiza ntabwo ari bibi.
Umuhuro w’ibanga waba bakuru b’ibihugu b’ibihangange ku isi wamaze amasaha 2 aho Trump yabwiye abanyamakuru ko uko batangiye ari byiza ndetse bazagenda barushaho kugirana umubano mwiza.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *