Perezida Emmerson Mnangagwa yatangaje igihe cy’amatora

Amatora ya mbere y’umukuru w’igihugu n’abagize inteko ishinga amategeko nyuma y’ubutegetsi bwa Robert Mugabe muri Zimbabwe azaba mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka. coque huawei pas cher Byatangajwe na Perezida Emmerson Mnangagwa. Ayo matora azafatwa nk’igeragezwa ry’ubutegetsi bushya bwa Mnangagwa wasimbuye Mugabe. Ni nabwo bwa mbere izina rya Mugabe ritazagaragara ku rupapuro rw’itora kuva mu mwaka wa 1980. Coque huawei France Mnangagwa yavuze ko afite icyizere ko ayo matora azakorwa mu mucyo no mu mahoro. offre Coque pour Huawei Yabibwiye abanyamakuru ubwo yari amaze kubonana na Perezida Cyril Ramaphosa mu ijoro ryo kuwa gatandatu. Coque Huawei France Nubwo itariki nyayo y’amatora itaratangazwa, Mnangagwa yemeje ko ku nshuro ya mbere indorerezi zo ku mugabane w’Uburayi zizatumirwa gukurikirana uko igikorwa cy’amatora kizaba kigenda. Mu kiganiro aherutse guha abanyamakuru, Mugabe yavuze ko ikurwa rye k’ubutegetsi rinyuranije n’amategeko,n’ubwo kugeza ubu yivugiye ko adashishikajwe no kuba yakongera kuyobora Zimbabwe.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *