Siriya irashinjwa gutera ibyuka by’ubumara kubaturage bayo

Ambasaderi wa Leta zunze Ubumwe z’Amerika muri ONU, Coque huawei Nikki Haley yabwiye ako kanama ati ko hari amaraporo avuga ko leta ya Bashar al Assad yakoresheje imyuka yo mu bwoko bwa chlorine ku baturage be inshuro zitari nke mu cyumweru gishize,hakaba harabonetse n’ibimenyetso byatanzwe n’abahuye n’aka kaga. Coque huawei Amakuru ava mu baganga hamwe n’abashinzwe ubutabazi muri Siriya avuga ko abaturage batari bake bafite ibimenyetso byemeza ko batewe ibyuka bya chlorine, coque iphone occasion harimo n’ibyo guhumeka nabi,bamwe muri bo bakaba bagenda batobagurika imibiri yabo,nyuma y’igitero cyagabwe mu mujyi wa Saraqeb mu ntara ya Idlib ku cyumweru.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *