DRC:Thomas Lubanga aracyaryozwa guhohotera abana

Abacamanza b’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rukorera i La Haye mu Buholandi (ICC), bagennye indishyi ku abana bashowe mu ntambara na Thomas Lubanga uheruka guhamwa n’ibyaha. Mu 2012, Lubanga yahamwe n’ibyaha byo gushimuta abana b’abahungu n’abakobwa bafite imyaka 11 akabashora mu ntambara. coque iphone Abana b’abahungu bajyanywe kurwana mu gace ka Ituri kari mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Vente Coque iPhone Abakobwa bo bakoreshejwe nk’abacakara bakoreshwa imibonano mpuzabitsina ku ngufu. coque huawei pas cher Thomas Lubanga yahanishijwe imyaka 14 y’igifungo, ni we Urukiko rwategetse ko agomba kuzishyura ariya mafaranga. coque huawei pas cher Gusa Urukiko ruvuga ko rwasanze akennye cyane bityo hakaba hibazwa aho amafaranga yaciwe azava. Imiryango iharanira uburenganzira bw’abana ivuga ko benshi mu bana Thomas Lubanga yajyanye mu ntambara batereranywe n’imiryango yabo.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *