Kamonyi:Nyuma Y’ imyaka itatu yarahakunye kubera Guhohoterwa N’umugabo we

Claud Munyantore n’umugore we Murebwayire batuye mu murenge wa Musambira mu karere ka Kamonyi, barishimye, baraganira, bagaseka…ariko mu myaka itanu ishize ibintu byari bikomeye cyane hagati yabo.

Ihohoterwa rishingiye ku gitsina rikorerwa mungo rigenda rifata intera, ubugenzacyaha buvuga ko ibirego byarwo byavuye ku 6,500 mu 2018 bigera ku 9,500 mu 2019, mu 2020 bigera ku 12,000.

ITEGEKO Nº 51/2018 RYO KU WA 13/08/2018 RYEREKEYE …

https://www.refworld.org › pdfid

PDF

24 Sept 2018 — y’u Rwanda ryo mu 2003 ryavuguruwe mu. 2015, cyane cyane mu ngingo zaryo iya 12, … Iri tegeko rigamije gukumira, kurwanya no.

Gusa ihohoterwa rishingiye ku gitsina si ibikorwa bibibaza umubiri gusa, gusesagura umutungo cyangwa guca inyuma uwo mwashakanye naryo ni ihohoterwa naryo, nk’uko imiryango irirwanya ibivuga.

Mu myaka itanu ishize Murebwayire yarahukanye asubira iwabo ahamara imyaka itatu yarahunze umugabo aho yagize Ati.”Ku mutungo ntajambo narimfiteho nagato ,naratotezwaga bukira bugacya .”

yangeyeho ko agaragaza akarengane yahuye nako murugo aho yigiriye inama yo kwegera umuganga a winshutiye amugisha inama anamufatira ibizamini bigera aho yamushyize ku munzani asanga afite ibiro mirongo itatu na bibiri 32 nahise numirwa ngereranyije nibiro mirongo irindwi na bitanu 75 narimfite mbere ntarahura namakimbirane.

yakomemeje agaragaza urugendo yahuye narwo nyuma yo gufata icyemezo agasubira iwabo aho yamazeyo imyaka itatu3 adasinzira kuko iyo yatangiraga gufata agatotsi yashidukiraga hejuru agirango umugabo we aje kumugirira nabi nkuko byari bisanzwe.

Munyantore yavuze ko iibyo umugore we avuga ari ukuri, ariko ubu iyo asubije amaso inyuma nawe ubwe arigaya kuko yaje gusanga ari isindwe ryabimuteraga ndetse akabifashwamo nabo basangiraga batabanaga nabagore babo.

yagize Ati: “Ikintu cyane tutumvikanagaho ni ukuza nasinze nkaza mukubita ndetse hakiyongeraho ni isesagura ry’umutungo no gucana inyuma.”

yongeyeho ko ,ibyo bintu aribyo byatumye arambirwa akahukana agasubira iwabo bigatuma ata abana be kandi twari dufitanye inshingano zo kubarerana.

ibikandi byatumye nibaza byinshi amaze kugenda aho nasigaranye inshingano zo kurera abana bakiri bato sinakongera kubona akanya ko kujya mu kabari nsigara nigunze bituma mfata icyemezo cyo kujya ku mucyura kuko nabonaga ntabishobora kubaho muri ubwo buzima bwo kubaho njye nyine kandi arinjye nyirabayana wiyirukaniye umugore.

Munyantore na Murebwayire twabasanze mu murima aho barimo bafatanya guhinga bishimye

RWAMREC, n’umuryango utegamiye kuri leta uteza imbere ihame ry’uburinganire bw’ibitsina byombi ushishikariza abagabo guhindura imyitwarire yabo mugihe batatiriye ku nshingano zabo mugihe gikwiye aho Jonathan Munyaneza agira Ati.” Ihohoterwa rishingiye ku gitsina ahanini rikorwa n’abagabo, ariko si ukuvuga ko nabo batarikorerwa.”

yangeyeho ko Niba rero ari bo bakora iryo hohoterwa cyane bagomba kugira uruhare rugaragara mu kurirwanya, niyo mpamvu dukorana nabo ngo bagire uruhare rufatika.

Jonathan yakomeje agaragaza urugamba barwanye mu kunga ingo, aho bageze kwa Munyantore na Murebwayire bakabatindaho kuko byafashe igihe kinini kugirango biyumvanemo nkuko bari basanzwe mbere batarashwana,aho bagiriye inama umugabo yo gusaba imbabazi umuryango w’aho yashatse kugirango ba musubize umugore we ,numbwo baje gusubirana ariko byafashe intera ndende yo kwizerana aho umwe asigaye asohokana nundi bakajya gusangira agafanta ibitarabagaho mbere.

Umukozi wa RWAMREC Jonathan Munyanziza

Madame Murerwa Marie ushinzwe gender na Family promotion yabwiye itangazamakuru ko ibibazo by’ amacyimbirane mu karere kabo ko byari byeze ariko kuva haza Rwamrec amakimbirane ari kujyenda acogora , aho Agira Ati.” Muri kamonyi dufite abagabo bari baratanye n’Abagore babo60% babaga babitewe nisindwe.”

Murerwa Marie, gender and Family promotion mu karere ka Kamonyi.

abo bose uwo muryango utegamiye kuri Leta kuva waza waradufashije gucyemura ibyo bibazo byubuharicye ndetse no kubigisha umunsi ku munsi bagakomezanya nabo bashakanye.

ibikandi bikaba biba mugitabo kigazeti ya Leta aho gucana inyuma uwo mwashakanye bitaravuzweho rumwe na bemeza amategeko kandi ari ikosa ryagakwiye igihano kiremereye naho kunkwa ugasindira muruhame bikaba aricyaha ,kubundi busobanuro mwareba ku mugereka uko amategeko abiteganya.

Ingingo ya 599 ihana umuntu wese usindira mu kabari

… y’u Rwanda hamaze kujyamo itegeko rihana ritababariye umuntu wese ugaragaweho … Mu itegeko ngenga rishyiraho Igitabo cy’Amategeko Ahana y’u Rwanda, …

Ibirego 3.213 byinjiye mu nkiko mu 2020: Uko biba byifashe …

15 Nov 2021 — Nk’ababa bashinjanya gucana inyuma hari ubwo biba ngombwa ko mu rukiko … Nubwo itegeko rigena ko imanza za gatanya zigomba kuburanishwa …

Menya itegeko rihana uwakoze ibiterasoni mu ruhame

20 Aug 2022 — Mu mategeko y’u Rwanda mu ngingo ya 135 y’Itegeko riteganya ibyaha n’ibihano, havuga ko umuntu wakoze ibiterasoni mu ruhame abihanirwa.

by: Florence Uwamaliya

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *