Igitero cy’ingabo z’Amerika kishe Aba Al-Shabab 62 muri Somaliya

Igisilikare cy’Amerika cyantangaje uyu munsi ko cyagabye ibitero by’indege z’intambara bitandatu kuwa gatandatu no ku cyumweru muri Somaliya.

Ibyo bitero byahitanye aba Al-Shabab 62. Nk’uko itangazo ry’ingabo za Leta zunze ubumwe z’Amerika ribivuga, ibi bitero babikoze bafatanyije n’igisilikare cya Somaliya. Ryemeza kandi ko nta muturage wabikomerekeyemo cyangwa wabiguyemo.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *