CHOGM2022:Come Again Gisimenti irikwisonga mu kwakirana abashyitsi n’ayombi

Come again Gisimenti yaje arigisubizo kubayigana, ni akabari gafite ibyo kurya no kunwa keza gaherereye ahazwi ku izina ryo mu Gisimenti mu Karere ka Gasabo mu mujyi wa Kigali . Umuyobozi bwa come again uzwi ku izina rya,

GASANA Alex avuga ko basanganwe ubuhanga bwo kwakira abashyitsi neza babagana ibi bikaba byaratumye Leta ibagirira icyizere cyokuzacyira abashyitsi bamwe n’abamwe bazitabira ChOGM Umuyobozi wa come again GASANA Alex yatangarije ikinyamakuru Imena Agira Ati.

“Twishimiye ko natwe nkabarwiyemeza mirimo , psf yaduhisemo mukuzabasha kwakira abashyitsi bazaba bitabiriye inama mpuzamahanga mu minsi irimbere.

Umuyobozi wa Come Again Bar GASANA Alex

” Aho yongeyeho ko babyishimiye Kandi ko bazarushaho kunoza umurimo wabo kugirango ababagana bazaboherereze abandi ba mucyerarugendo kuko basanzwe baziko bo bafite ubunararibonye mukotsa cyangwa mu gutegura neza akabenzi ndetse n’ifi,na Brochettes z’ihene n’izinka ndetse n’inkoko bimeze neza kandi byose ni kugiciro kiza.

Kubakunzi bigisope n’abo ntibahejwe mugihe bahagendereye

Yakomeje agaragaza aho izindi serivise za come again bar wazisanga,Hari ku marembo yo mugiporoso i Remera na kicucyiro.Kubindi bisobanuro cg ushaka gutanga komande wahamagara,

Kuri 0788356323 cg 0788309806.

MURAKAZA NAZA MURISANGA MURI COME AGAIN BAR

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *