Abakobwa 13 bazatorwamo Miss Bright INES bamenyekanye
Abakobwa 13 bazatorwamo Nyampinga wa INES-Ruhengeri bamenyekanye nyuma yo kwiyereka akanama nkemurampaka basubiza n’ibibazo binyuranye babazwaga mu gusuzuma ubumenyi bwabo.
![]()
Abakobwa 13 bazatorwamo Nyampinga wa INES-Ruhengeri bamenyekanye nyuma yo kwiyereka akanama nkemurampaka basubiza n’ibibazo binyuranye babazwaga mu gusuzuma ubumenyi bwabo.
![]()
Abasheshe akanguhe muri iki gihe babona Umuco Nyarwanda uri mu marembera iyo babonye ibyo bafataga nka kirazira bisigaye byarahindwe urwenya,
![]()
Kaminuza y’Ubumenyingiro ya INES-Ruhengeri ku nshuro ya 10, yahaye impamyabumenyi abanyeshuri 719, basoje amasomo mu byiciro bitandukanye, ibaha umukoro wo
![]()
Mu gihe ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kampala bwemeje ko ibirori byo kwambara amakanzu ku banyeshuri bayirangirijemo, bizaba ejo kuwa Kane
![]()
Uyu munsi taliki ya 6 Gashyantare 2019, INES-Ruhengeri yasuwe n’abashyitsi baturutse muri AIMS Rwanda (The African Institute for Mathematical Sciences).
![]()
Minisitiri w’Uburezi, Dr Mutimura Eugene yihanije abayobozi b’ibigo by’amashuli ko badakwiriye kongeza amafaranga y’ishuri ndetse anenga bikomeye ababyeyi bahagarariye abandi
![]()
Abanyeshuri biga muri Kaminuza y’Ubumenyingiro ya INES Ruhengeri basoje amahugurwa ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga rigezweho ryifashishwa mu buryo bwo gufata amashusho
![]()
Abanyeshuri barangije mu ishuri rikuru ry’ubumenyi ngiro INES-Ruhengeri basabwe kuba umusemburo w’iterambere ry’Igihugu mu bikorwa bagiyemo byo gufatanya n’abandi mu
![]()
Minisiteri y’Uburezi MINEDUC, adidas originals zx 700 donna scarpa profondo blu con qualita certa coque iphone en ligne iratangaza ko
![]()
Komisiyo ishinzwe za Kaminuza muri Nigeria (NUC), yatangaje ko yafunze Kaminuza 58 kuko zitubahiriza amabwiriza zigomba gukurikiza. Inyinshi muri Kaminuza
![]()