Abanyeshuri bagera kuri 663 bahawe impamyabumenyi muri kaminuza ya UTB
Kaminuza y’Amahoteli, Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubucuruzi (UTB),kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017 yatanze impamyabumenyi abanyeshuri bagera kuri 663 barangije amasomo mu
Kaminuza y’Amahoteli, Ubukerarugendo, Ikoranabuhanga n’Ubucuruzi (UTB),kuri uyu wa 7 Gicurasi 2017 yatanze impamyabumenyi abanyeshuri bagera kuri 663 barangije amasomo mu
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 3 Mata 2019,nibwo Umutoni Adeline yatorewe kuba Nyampinga wa kaminuza ya INES
Abakobwa 13 bazatorwamo Nyampinga wa INES-Ruhengeri bamenyekanye nyuma yo kwiyereka akanama nkemurampaka basubiza n’ibibazo binyuranye babazwaga mu gusuzuma ubumenyi bwabo.
Abasheshe akanguhe muri iki gihe babona Umuco Nyarwanda uri mu marembera iyo babonye ibyo bafataga nka kirazira bisigaye byarahindwe urwenya,
Kaminuza y’Ubumenyingiro ya INES-Ruhengeri ku nshuro ya 10, yahaye impamyabumenyi abanyeshuri 719, basoje amasomo mu byiciro bitandukanye, ibaha umukoro wo
Mu gihe ubuyobozi bwa Kaminuza ya Kampala bwemeje ko ibirori byo kwambara amakanzu ku banyeshuri bayirangirijemo, bizaba ejo kuwa Kane
Uyu munsi taliki ya 6 Gashyantare 2019, INES-Ruhengeri yasuwe n’abashyitsi baturutse muri AIMS Rwanda (The African Institute for Mathematical Sciences).
Minisitiri w’Uburezi, Dr Mutimura Eugene yihanije abayobozi b’ibigo by’amashuli ko badakwiriye kongeza amafaranga y’ishuri ndetse anenga bikomeye ababyeyi bahagarariye abandi
Abanyeshuri biga muri Kaminuza y’Ubumenyingiro ya INES Ruhengeri basoje amahugurwa ku ikoreshwa ry’ikoranabuhanga rigezweho ryifashishwa mu buryo bwo gufata amashusho
Abanyeshuri barangije mu ishuri rikuru ry’ubumenyi ngiro INES-Ruhengeri basabwe kuba umusemburo w’iterambere ry’Igihugu mu bikorwa bagiyemo byo gufatanya n’abandi mu