DRC:Impirimbanyi zakatiwe igifungo cy’amezi 12 kubera gutuka Perezida
Nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru AFP, impirimbanyi enye zivuga ko ziharanira demokarasi zakatiwe igifungo cy’amezi 12 kubera gutuka Perezida Joseph Kabila
![]()
Nkuko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru AFP, impirimbanyi enye zivuga ko ziharanira demokarasi zakatiwe igifungo cy’amezi 12 kubera gutuka Perezida Joseph Kabila
![]()
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump hamwe na Perezida wa Koreya y’Epfo Moon Jae-in basinye amasezerano y’ubucuruzi hagati
![]()
Uyu munsi, abasilikali umunani bishwe n’igisasu cyaturikanye imodoka barimo igikandagiye, mu ntara ya Soum, mu majyaruguru ya Burkina Faso. Perezida
![]()
Muri iyi minsi abaturage baracyafite ikibazo cyo gushyirwa mu kiciro cy’ubudehe kidahwanye n’ubushobozi bafite.Ibi bigira ingaruka ku buzima bwabo kuko
![]()
Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Joseph Kabila, yasabye kwihutisha igihe cyo gucyura ingabo z’Umuryango w’Abibumbye ziri mu butumwa
![]()
Ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, OMS, ku wa kabiri ryatangaje ko ibikorwa byo kugerageza guhangana n’indwara ya Ebola muri
![]()
Ushobora no gukanda kuri iyi link nabwo ugasoma itangazo muburyo bworoshye ITANGAZO rya cyamunara
![]()
Nibura abantu 100 bamaze kubarurwa mu bahitanywe n’impanuka y’ubwato bunini bwaraye bwibiye mu kiyaga Victoria nk’uko byemejwe n’Umupolisi Mukuru mu
![]()
Akanama k’amatora muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo ku wa gatatu katangaje urutonde ntakuka rw’abakandida-perezida mu matora ateganyijwe mu kwezi
![]()
Mike Pompeo, umunyamabanga wa leta muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, yavuze ko iki gihugu cyiteguye gusubukura ibiganiro na Koreya ya
![]()