Urugaga rwa Joseph Kabira rwatsindiye ubwiganze muri Sena
Urugaga rw’amashyaka ya FCC ruyobowe na’uwahoze ari perezida wa RDC,Joseph Kabila rwamaze kwigaranzura andi mashyaka yose, rutsinda ku bwiganze busesuye
![]()
Urugaga rw’amashyaka ya FCC ruyobowe na’uwahoze ari perezida wa RDC,Joseph Kabila rwamaze kwigaranzura andi mashyaka yose, rutsinda ku bwiganze busesuye
![]()
Abasheshe akanguhe muri iki gihe babona Umuco Nyarwanda uri mu marembera iyo babonye ibyo bafataga nka kirazira bisigaye byarahindwe urwenya,
![]()
Kaminuza y’Ubumenyingiro ya INES-Ruhengeri ku nshuro ya 10, yahaye impamyabumenyi abanyeshuri 719, basoje amasomo mu byiciro bitandukanye, ibaha umukoro wo
![]()
Ikigo cy’igihugu gishinzwe iby’indege za gisivile cyafashe umwanzuro wo gukumira mu kirere cy’u Rwanda ubwoko bw’indege bwa Boeing 737-8 Max
![]()
Niyibizi yatawe muri yombi tariki 13 Werurwe 2019 akurikiranyweho icyaha cyo kudasobanura inkomoko y’umutungo n’ icyaha cy’ iyezandonke. Nkurunziza Jean
![]()
Abantu 49 bapfuye abandi bagera kuri 20 barakomereka bikabije mu gitero cyagabwe ku musigiti mu Mujyi wa Christchurch, muri Nouvelle
![]()
Nubwo hasinywe amasezerano y’ubwumvikane hagati ya Joseph Kabila n’abatavuga rumwe n’ubutegetsi,uyu mugabo wamaze imyaka isaga 18 ku butegetsi bwa RDC
![]()
Umunyamakuru Kwizera Elie Fatty wakoraga ikiganiro cy’imikino kuri Radio Authentic yamaze kugirwa umwere n’urukiko rukuru rwa Nyarugenge nyuma y’amezi 8
![]()
Niyomugabo Eric, wari umaze gucukura inzu no gukomeretsa umuturage wo mu Mudugudu w’Amarembo, Akagari ka Ruhango, Umurenge wa Gisozi, yarashwe
![]()
Abana bo mu Butaliyani basabwe kutongera kujya ku ishuri cyeretse bagaragaje icyemezo cyuko bakingiwe neza. Iki cyemezo gifashwe nyuma y’amezi
![]()