Ku nshuro ya mbere, Umwami Mohammed VI azitabira inama ya AU
Mu mpera z’uku kwezi Umwami wa Maroc Mohammed VI azerekeza i Addis Ababa mu nama ya 28 y’Umuryango wa Afurika
![]()
Mu mpera z’uku kwezi Umwami wa Maroc Mohammed VI azerekeza i Addis Ababa mu nama ya 28 y’Umuryango wa Afurika
![]()
Umuhuza mu biganiro bigamije gushakira umuti ibibazo bya politiki biri mu Burundi Benjamin Mkapa yatumiye abatavugarumwe n’ ubutegetsi bwa Nkurunziza.
![]()
Polisi y’u Rwanda mu Mujyi wa Kigali ifunze abantu bane barimo Umujyanama w’ubuzima bakekwaho ubufatanyacyaha mu bujura bw’inzitiramubu zigenewe abaturage
![]()
Abantu batatu basigaga irangi mu kigega cy’ amazi giherere mu murenge wa Rusatira mu karere ka Huye babuze umwuka wo
![]()
Mu mujyi wa Bameda, mu gihugu cya Cameroun, kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2017 abakoresha ururimi rw’
![]()
Polisi y’u Rwanda ikorera mu karere ka Nyamasheke ifunze abagabo babiri bakekwaho kwiba mubazi z’amashanyarazi [Cash Power] eshanu bazivanye ku
![]()
Hashize iminsi igera kuri ine abafatabuguzi b’amashanyarazi mu bice bitandukanye by’igihugu batakamba bavuga ko serivisi zo kuyagura zananiranye, ndetse na
![]()
Uyu mwanzuro ufashwe nyuma y’uko habuze ibimenyetso bigaragaza ahantu nyakuri Umwami yaba yarasize avuze ko atazatabarizwa nyuma y’itanga rye. Ibi
![]()
Urubyiruko 60 kuri 70 bibumbiye mu itsinda ryitwa “World Mission “, rikorera mu murege wa Kagugu, akarere ka Gasabo, bahawe
![]()
Polisi y’u Rwanda iravuga ko uretse impanuka nke zabaye, ubundi umutekano wari ntamakemwa mu minsi mikuru itambutse, uyu mutekano ukaba
![]()