Paul Allen umwe mu baherwe bashinze Microsoft yapfuye
Umwe mu baherwe bashinze Sosiyete ya Microsoft izobereye mu by’ikoranabuhanga, Paul Allen, yitabye Imana kuri uyu wa Mbere, azize kanseri.
![]()
Umwe mu baherwe bashinze Sosiyete ya Microsoft izobereye mu by’ikoranabuhanga, Paul Allen, yitabye Imana kuri uyu wa Mbere, azize kanseri.
![]()
Kuri uyu wa Mbere umuraperi ukomeye ku Isi Kanye West n’umugore we Kim Kardashian bageze muri Uganda babonana na Perezida
![]()
Minisitiri w’Imiturire n’Ubutegetsi muri Malaysia, Zuraida Kamaruddin, yavuze ko abatuye iki gihugu bakeneye guhindura imyumvire bakirinda kujugunya imyanda aho babonye
![]()
Ubwongereza, Ubudage n’Ubufaransa byasabye ko hakorwa iperereza “ryo kwizerwa” ku munyamakuru Jamal Khashoggi wo muri Arabie Saoudite waburiwe irengero. Abaminisitiri
![]()
Polisi y’Igihugu yataye muri yombi abasore bane bayiyitiriye bagamije kwambura abamotari ibyabo. Ku mugoroba wo kuwa Kane hagati ya saa
![]()
Polisi ya Tanzania imaze guta muri yombi abantu 30 mu iperereza ku ishimutwa ry’umuherwe Mohammed Dewji. Dewji uzwi ku izina
![]()
Papa Francis yemeye ubwegure bwa Karidinali Donald Wuerl, wayoboraga Arkidiyosezi ya Washington kuva mu 2006, ushinjwa gukingira ikibaba abapadiri basambanyije
![]()
Mu misozi y’ahitwa Bukalasi, mu karere ka Bududa muri Uganda abaturage bafite ubwoba bwinshi nyuma y’imyuzure yateje inkangu zigahitana abagera
![]()
Abanyarwanda 25 bakatiwe igifungo cy’umwaka umwe nyuma yo gufatirwa muri Uganda nta byangombwa bafite. Bahawe iki gihano n’urukiko rwa Kisoro
![]()
Nikki Haley, wari uhagarariye Leta Zunze Ubumwe z’Amerika mu muryango w’abibumbye, yatangaje ko yeguye ku mirimo ye – akazi yari
![]()