Abangavu mubihe bya covid-19 bishakiye ibisubizo bibafasha gutera imbere bimbura mu bimina

A sosiyasiyo birashoboka yabaye igisubizo mu bari n’abategarugori bakora akazi kubuzunguzayi mu mujyi wa Kigali, bakaba batangiye ari 12 kurubu bakaba bageze 600 burumwe yatangiye kwizigama ibiceri Magana tatu y’URwanda, bakaba bagabana hashize amezi atatu , burumwe wafashemo umugabane umwe akaqbona 24000 bitewe nimigabane shingiro yafashemo .

Perezida wa asosiyasiyo Birashoboka Stiven pata aganira n’Ikinyamakuru Imena yagize Ati’’ 85 100 n’abagore naho 15 100 abagabo muurumvako abagore badusize nibyizako buri muntu wese akwiye kwizigama kuko umuntu aterwa atateguwe nkuko muri rusange twabibonye isi yose yahuye nicyorezo ca covid-19 bigatuma abantu basabiriza kuberako batari barabiteanyije ko icyo cyorezo cyaza’’.

Yakomeje yerekana ko icyorezo nta muntu cyitakoze munkokora kuko nawe nubwo ngo yacuruzaga ibyo kurya mugihe cya guma murugo yafashe mubicuruzwa abitungishamo umuryango ashiduka ntagishoro,ibyo byose nibyo byatumye ngwareba kure yogushaka abantu barente umwe bagakora icyo nise ikibina bakazajya baguririzanya kugirango bajye babona igishoro mugigihe hari utagifite.

Nyiraminani zurayika n’umwangavu wishimira igitekerezo cya bajyenzibe nawe ayoboka inzira y’ikibina kugirango nababone minerevari y’ishuri doreko ibyo byose abifatanya n’amasomo kugirango abone ubwizigame adasabirije, yagize Ati’’. Mfite imyaka 14 korona yansanze mukiruhuko niga mu mwaka wa gatatu ubu jyeze mu wa kane ariko kuko iwacu tutari twishoboye niyompamvu nanjye nishakiye igisubizo nkumwana w’umukombwa ushaka kwiteza imbere nyoboka kuzajya jya gucuruza imboga mubaturage nkaba kurubu mbasha kwizigama .’’

Yiongeyeho ko anenga abana babakombwa bishora mubusambanyi bakabashukisha amafaranga kandi nabo babasha gutangiza igishoro gito bakiha ibyo bacyeneye hatagize ubashuka ngo abashore mubusambanyi.

Niyonsaba kalo nawe yagize icyo atangari icyo atangaza yagize ATI’’.Murikino kiruhuko nakoreye amafaranga menshi nizigama menshi muburyo ntatekerezaga ubu tugiye gutangira amashuri ninjye uziyishyurira,amafaranga y’ishuri.’’

Ikindi nuko naguriye mama nigitege cyo kwambara kugirango mushimire ko yatumye nitinyuka kuko ariwe wampaye igishoro gihwanye n’amafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitanu n5000, nkaba narimfitemo imyanya umunani8 bakaba bampaye ibihumi mirongo inani nacyimwe,810000 by’u Rwanda ,yakomeje yerekana kubana n’abantu mukishyira hamwe mwungurana ibitekerezo aribyingenzi kuko urubyiruko rwubu ruhera ku ma fesibuke nizindi mbuga nkoranya mbaga simwe zibashora mubusambanyi izindi zigatuma batagira igitecyerezo cyuko bakiteza imbere.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *