RDC: Abantu 27 bamaze kwicwa na Ebola

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ndetse n’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS), yatangaje ko umubare w’abamaze kwicwa n’icyorezo cya Ebola, wiyongereye ukagera kuri 27. nike air max fury ultramarine aa5739 141 sneaker bar detroit
Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryo kuri uyu wa Kabiri, iyi Minisiteri yatangaje uyu mubare nyuma y’uko hari uwapfuye wo muri Wangata mu Karere ka Mbandaka, ibipimo byo muri Laboratwari byemeje ko yari arwaye Ebola. Rivuga ko kugeza ubu abantu 51 baketsweho Ebola kuva yatangazwa mu ntangiriro z’uku kwezi, abagera kuri 28 muri bo ibipimo byemeje ko bayirwaye, 21 ntibiremezwa cyangwa ngo bihakanwe naho abandi babiri biracyakekwa gusa. chaussures pour femme air jordan 4 iv retro gs white cement 408452 Ebola ni cyo cyorezo gitwara ubuzima bw’abantu benshi ku Isi, kigafatwa nk’indwara yandura cyane; ishobora kwica 90% by’abayanduye, igateza ihungabana n’ubwoba muri rubanda kandi ntigire urukingo. ampia scelta nike air max 2017 donna running shoe nere bianche Muri RDC cyatangiriye mu gice cy’icyaro cyo mu Majyaruguru y’Uburengerazuba bw’iki gihugu ahitwa Bikoro. why off white x nike s the ten crashed snkrs hypebeast Umuntu urwaye Ebola agaragaza ibimenyetso byo guhinda umuriro, gucika intege, kubabara mu ngingo kubabara umutwe no mu muhogo, bishobora kugaragara nyuma y’iminsi ibiri kugeza kuri 21 nyuma y’ubwandu. nike air vapormax flyknit black anthracite OMS ivuga ko ibi bimenyetso umuntu ashobora kubanza kubyitiranya n’iby’izindi ndwara nka Malaria, Tifoyide cyangwa Mugiga.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *