USA: Nyuma y’iminsi itatu nta ngengo y’imari,Leta yasubukuye ibikorwa byayo

Perezida Donald Trump yasinye umushinga w’itegeko risubukura imirimo ya Guverinoma nyuma y’amasaha agera kuri 69 ihagaritswe kubera ukutumvikana kw’Abasenateri ku mushinga w’ingengo y’imari. nike donna scarpe air max 2018 nere grand viola logo breathable
Ejo ku wa Mbere Inteko Ishinga Amategeko yatoye ko hongerwa ingengo y’imari mu gihe cy’ibyumweru bitatu. donna grigio 2017 nike air max 1 premium scarpe da Ibi byatumye abakozi ba Leta bose kuri uyu wa Kabiri basubira mu kazi nyuma yo kwirirwa mu kiruhuko kuva ku wa Mbere. nike lebron 14 glow in the dark Imwe mu mirimo ya Guverinoma ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye ihagaze kuva mu gitondo cyo ku wa gatandatu, nyuma y’uko abasenateri batumvikanye ku mushinga w’ingengo y’imari. Ku gicamunsi abasenateri basubukuye ibiganiro ku ngengo y’imari y’agateganyo Guverinoma izakoresha kugeza tariki 8 z’ukwezi gutaha. cheap nike air vapormax plus black white shoes free shipping sale Uyu mushinga w’itegeko watowe ejo ku wa Mbere, uragenera Guverinoma ingengo y’imari mu minsi 17 ndetse igatera inkunga gahunda y’ubwishingizi bw’abana mu gihe cy’imyaka itandatu. nike air max 270 women s pink shoes aw lab Icyakora ntuteganya uburyo bwo gusigasira gahunda ya Obama yo guha amahirwe abana b’abimukira izwi nka DACA, ari nayo abasenateri b’aba- démocrate bashakaga. nike air max tailwind popular brand youth kids boys shorts pants Icyakora mbere yo gutora uyu mushinga abasenateri bemeranyijwe ko ibibazo by’abimukira byose bizaganirwaho mu gihe kitarenze ibyumweru bitatu.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *