Umuhanzi Mr Nice yasesekaye i Kigali bitunguranye

Umuhanzi Lucas Mkend wamamaye cyane ku izina rya Mr Nice yasesekaye mu Mujyi wa Kigali mu museso wo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 23 Werurwe 2018.

Mr Nice yaciye ibintu mu muziki mu myaka 18 ishize, by’umwihariko yakunzwe mu ndirimbo nka “Kikulacho”, “Kidali po” n’izindi. brand new nike air max 2019 kpu black grey men s running sneakers coque huawei d’occasion Yaje i Kigali mu buryo butunguranye aho agomba kuzaririmba mu gitaramo gisoza iserukiramuco ry’urwenya rya Seka Fest ku Cyumweru tariki ya 25 Werurwe 2018. air jordan 8 Uyu muhanzi yakiriwe ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe na bamwe mu bagize itsinda ritegura iserukiramuco rya Seka Fest. paiements securises air jordan 10 homme nike air jordan homme Vente Coque iPhone Mr Nice yavuze ko ashimishijwe bikomeye no kuba agarutse i Kigali nyuma y’imyaka irenga icumi. Mr Nice wakanyujijeho mu ndirimbo zakunzwe nka ‘Fagilia’ mu mwaka wa 2000 yaherukaga kuvugwa cyane mu itangazamakuru mu mwaka wa 2016 ubwo byatangazwaga ko yapfuye. clearance store unisex nike air max 90 utility color black uk Coque pour Huawei Mu mwaka wa 2015 nabwo yavuzwe mu buryo bukomeye kubera uburozi yari yariye mu biryo yagaburiwe n’inshuti ye tariki ya 14 Nzeri 2015. cheap nike air max 2016 women pink green airmax2018 173 93 99 coque iphone en ligne Ku bw’amahirwe ubu burozi ntibwamuhitanye ahubwo yahise yitabaza abaganga ndetse ubu yatangiye gutora agatege. mq936 fresco 2017 migliore adidas superstar uomo scarpe italia Mr Nice yakiriwe ku kibuga na Budandi Nice umwe mu bategura Seka Fest
Iki gitaramo Mr Nice azaririmbamo kizabonekamo n’abanyarwenya bayobowe na kabuhariwe mu gusetsa Klint Da Drunk (Nigeria), Eric Omindi (Kenya), Chipukeezy (Kenya), Salvador (Uganda), Kigingi (Burundi), Captain Kalid (Tanzania), Idriss Sultan (Umunya-Tanzania watwaye Big Brother 9) na Arthur Nkusi (Rwanda).

Iserukiramuco rya Seka Festival, ku munsi wa mbere ku itariki ya 24 Werurwe 2018 rizabera mu mihanda itanu Kicukiro, Kacyiru, Remera, Gikondo ndetse na Kimironko, imodoka zose zizaba zifite ibyerekezo byo gutwara abagenzi berekeza mu mujyi wa Kigali rwagati[kwinjira mu modoka bizaba ari amafaranga 500].

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *