Nzamwita de Gaule ntagihataniye kongera kuyobora FERWAFA

Uwari asanzwe ayobora Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda, coque iphone occasion Nzamwita Vincent De Gaule yavanyemo kandidatire mu matora ku mpamvu zavuzwe ko ari bwite n’iz’umuryango.

Nzamwita De Gaule yari amaze imyaka ine ayobora FERWAFA n’ubwo mu gihe cye atavuzweho rumwe n’abakunda umupira w’amaguru

Ku rubuga rwa twitter rwa FERWAFA handitswe ko “Bivuye ku mpamvu bwite, coque imprimé huawei pas cher n’iz’umuryango, Coque huawei P20 Nzamwita yavanyemo kandidatire ye.” Nzamwita de Gaule yashimiye buri wese wamushyigikiye mu gihe cy’imyaka ine amaze ayobora FERWAFA kandi yizeje kuzakomeza gushyigikira umupira w’amaguru mu Rwanda no kuzaba hafi Perezida mushya uzatorerwa kuyobora FERWAFA.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *