Nyanza:Inkoramaraso zivuganye Umukecuru warokotse Jenoside

Umukecuru witwa Emilienne Uzamukunda wari incike ya Jenoside yakorewe Abatutsi akaba yibanaga mu mudugudu wa Kabeza Akagari ka Kadaho Umurenge wa Cyabakamyi muri iki gitondo bamusanze mu nzu ye yishwe atemaguwe. Abamwishe kugeza ubu ntibaramenyekana ndetse n’icyihihe inyuma y’uru rupfu ntikiramenyekana. Abaturanyi nibo bamusanze mu nzu ye mu gitondo nyuma yo kubana hacyeke atarasohoka bakagira ngo yarwaye nk’uko babyivugira. coque imprimé huawei pas cher Jean Marie Vianney Nkurikiyumukiza umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Cyabakamyi yabwiye yatangaje ko urupfu rwa Emilienne barumenye nabo muri iki gitondo ubu bakaba batabaye umurambo we bagiye kuwujyana ku bitaro bya Gitwe. coque iphone outlet shop Nkurikiyumukiza yemeza ko ubu bwicanyi bwakozwe mu ijoro ryakeye. coque huawei Emilienne bishe batemaguye yari umukecuru w’imyaka 71 w’incike ya Jenoside uri mu banyamuryango ba AVEGA-Agahozo. Kugeza ubu abamwishe ntibaramenyekana nubwo hahise hatangira iperereza. Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Amajyepfo, IP. Coque huawei Emmanuel Kayigi, yatangaje ko uyu mukecuru yishwe abanje gufungwa umunwa nyuma akaza guterwa icyuma mu mutwe. coque huawei pas cher Ati “Bigaragara ko bamupfutse umunwa, hanyuma bamutera n’icyuma mu mutwe.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *