Koresha inyunganiramirire Trévo maze utandukane n’indwara burundu

download

Trévo n’ikinyobwa mpinduramatwara gikozwe mu rusobe rw’amoko 174 y’ibimera biboneka kw’isi hose,kikaba gifasha umubiri kugira ubwirinzi no guhangana n’indwara zikomeye,aho umuntu wese kuva ku myaka 2 kugeza kuri 200 babasha kurokora ubuzima bwabo bahisemo gukoresha iyi nzira.

Imvo n’imvano mu byatumye Trévo ibaho

Umunyamerika Mark Stevens, amaze kubona ibibazo isi dutuye ihanganye nabyo,we yahise ashaka igisubizo. Ibi ahanini yabifasheho umwanzuro nyuma y’agahinda kenshi yatewe no kubona umubyeyi we arwaye igihe kinini kandi ababazwa cyane n’indwara yari mwibasiye, yiha intego yuko namara gukura azitangira gukora ubushakashatsi hagamijwe kurengera ubuzima bwa benshi.

Bidatinze inzozi ze yazigezeho

Mu gutangira gukora ubushakashatsi bwe Mark Steven yafashe igihe cy’imyaka igera kuri itanu ndetse ashora n’amafranga menshi, maze mu kuzenguruka ibice byinshi bigize isi abasha kuvumbura urusobe rugizwe n’amoko 174 y’ibimera by’umwimerere mu byibanze bihingwa kw’isi hose,maze abikomatanyiriza mu kinyobwa kimwe aricyo Trévo ,bibasha kuba igisubizo k’ubuzima mu buryo budasubirwaho kuko kibasha gukiza amoko y’indwara agera kuri 174.

Trévo yabaye igisubizo k’ubuzima bw’Abanyarwanda.

Taliki ya 26 kamena uyu mwaka ,mu buhamya bwatanzwe na benshi ubwo abanyamuryango bagize Trévo-Rwanda bizihizaga isabukuru y’umwaka bamaze bakoresha iki kinyobwa nk’umugisha kuko gitanga ubuzima ndetse n’ubutunzi, bwagiye bwibanda ku kuba benshi muri bo barabashije gukira indwara benshi bemeza ko zidapfa kuvurwa ngo zikire,ndetse banerekana uburyo uwabaye umunyamuryango nyuma yo kubasha gukira indwara z’umubiri,iy’ubukene nayo isezererwa burundu.

Dore uburyo wabasha kubona Trévo

Nyuma yaho uyu muti utanga ubuzima ndetse n’ubukire kubamaze kumenya ibanga ryawo usesekaye mu Rwanda kuya 26 kamena 2015,hafunguwe icyicaro gikuru i Remera na handi hirya no hino mugihugu, ndetse kugez’ubu ushobora no kuwubona kurindi shami rikorera i Nyamirambo ahazwi nka Cosmos kwa Ing Ildephonse NIYONSENGA. Sibyo gusa kandi kubafite inzozi z’ubukire bahabwa amahugurwa mu kwamamaza no kugurisha product za Trévo binyuze mu buryo bwa Network Marketing. Kubindi bisobanuro ushobora no guhamagara kuri telefoni igendanwa +250788305933 cyangwa +250788520373.

Mark Stevens arikumwe na Ing Ildephonse NIYONSENGA
Mark Stevens arikumwe na Ing Ildephonse NIYONSENGA
Ubwo Mark yasuraga urwibutso rwa genocide ku Gisozi
Ubwo Mark yasuraga urwibutso rwa genocide ku Gisozi

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *