Intambara y’amagambo hagati ya Trump wa Amerika na Rouhani wa Iran

Perezida Hassan Rouhani wa Iran yihanije Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, amubwira ko intambara yashoza kuri icyo gihugu zaba umubyeyi w’intambara nyinshi. nike air jordan 4 femme omake
Ibi perezida Rouhani yabitangaje nyuma y’uko mu minsi ishize Trump yemeje ko azasubizaho ibihano by’ubukungu byari byarafatiwe Iran kubera gucura intwaro kirimbuzi. Mu ijambo yagejeje ku badipolomate batandukanye mu murwa mukuru Tehran kuri iki Cyumweru, Perezida Rouhani yagize ati “Abanyamerika bagomba kumva ko intambara na Iran ari nyina w’intambara zose kandi amahoro na Iran ari nyina w’amahoro yose.”

Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika Donald Trump nawe yahise ajya kuri Twitter yavuze ko Perezida wa Iran adakwiye kongera gutekereza gutera ubwoba Leta zunze ubumwe za Amerika. adidas stan smith boost lime green ba7435 Yagize ati “Wowe Perezida wa Iran Rouhani, Ntuzigere wongera gutera ubwoba Leta zunze ubumwe za Amerika cyangwa uzahure n’ ingaruka zitigeze zibaho mu mateka. adidas swift run core black add2144b Ntabwo tukiri cya gihugu gishobora kwihanganira amagambo yawe y’ ububeshyi, ubugizi bwa nabi n’ urupfu. nike air pegasus 89 textile txt men size uk 10 eu 45 black Itonde!” Amagambo akomeye nk’ aya Donald Trump yaherukaga kuyatangaza Amerika na Koreya ya Ruguru bikirebana ay’ ingwe. adidas james harden vol 1 primeknit white black grey ac8407 zebra 2624 Ubu ibi bihugu byombi bisa n’ ibituje n’ ubwo abakuru babyo umwe yise undi umurwayi wo mu mutwe. Agatotsi kavuka hagati ya Leta zunze ubumwe za Amerika na Iran cyangwa Koreya ya Ruguru buri gihe itandaro iba ari ikorwa n’ ikoreshwa ry’ intwaro zikomeye kuko Leta zunze Ubumwe za Amerika itifuza ko hari igihugu cyayambura ubuhangange mu Isi.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *