Ishyaka DGPR ryemeje abazariserukira mu matora y’Abadepite

Mu nama Nkuru y’ishyaka ku rwego rw’igihugu, iri shyaka ryanagaragaje Porogaramu politiki nshya ikubiyemo imigabo n’imigambi ya bimwe mubigomba guhinduka hakurikijwe uko byari bisanzwe bikorwa mu gihugu,cyane ko kuruhande rw’ishyaka bo babona bitakijyanye n’a politiki ihamye kuko bidindiza iterambere,ugasanga hari na bimwe bikorwa bigakandamiza imibereho ya bamwe, n’abandi banyarwanda muri rusange. adidas originals stan smith donna rosa online promozioni fino al Frank Habineza wanongeye kugirirwa icyizere cyo kuyobora ishyaka ku mwanya wa Perezida waryo,agaruka kuri byinshi bikwiye guhinduka mu gihugu,yatunze agatoki nko kuba inteko ishinga amategeko ijenjekera abanyereza umutungo wa Leta nyamara yamaze gutahura ibyanyerejwe ariko ntibiryozwe abo bihama. chaussures adidas homme
Frank Habineza,Perezida w’ishyaka
Yanagarutse kandi kumitangire y’amasoko kuruhande rw’ibitangazamakuru ,akavuga ko ibitari ibya Leta bidahabwa amahirwe,ibintu ishyaka rifata nk’ibizahita bikorwaho ikinyuranyo nirimara kugera mu nteko. jordan 6 retro nike air jordan 6 rouge homme jordan 6 homme Nubwo urutonde rwagateganyo rwakozwe rugaragaraho abantu 55 kandi hakenewe urutonde rw’abantu 80, ubuyobozi bw’ishyaka butangaza ko imyanya isigaye yateganirijwe abagore bazarihagararira,kandi ko igihe ntarengwa bahawe bizaba byaramze kubahirizwa. nike air max 120 mens 819857 002 stealth grey running training shoes Mu matora ateganyijwe mu kwezi kwa cyenda, Komisiyo y’amatora yashyizeho igihe ntarengwa cyo kwakira kandidature z’abashaka kwiyamamariza umwanya w’ubudepite,kikazarangirana n’ukwezi kwa karindwi.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *