Service Excellence Award’ igiye guhemba kampanyi zo mu Rwanda zitanga service nziza ku bazigana
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 6 Ukwakira 2018 ,kuri Lemigo Hotel hazaba igitaramo cyo guhemba kampani zitanga service nziza
![]()
Kuri uyu wa gatandatu taliki ya 6 Ukwakira 2018 ,kuri Lemigo Hotel hazaba igitaramo cyo guhemba kampani zitanga service nziza
![]()
Mushimiyimana Diane Rwigara n’umubyeyi we Mukangemanyi Adeline, basabye urukiko rukuru kurekurwa by’agateganyo ngo kuko imbogamizi zose zatumaga baburana bafunzwe zavuyeho.
![]()
Shimaa Qassem wabaye Nyampinga wa Iraq mu 2015, yakangishijwe ko ubuzima bwe buri mu bibazo ndetse ko ashobora kwicwa mu
![]()
Polisi ya Kenya yatangaje ko yataye muri yombi Umunyakenya n’Abanya-Tchad babiri, nyuma yo kubasangana umurundo w’inoti z’amadolari n’ama-Euro, zifite agaciro
![]()
Ushobora kandi gufungura link ubona hasi ukabasha gusoma iri tangazo muburyo bwa pdf ITANGAZO rya cya munara ritanzwe n’umuhesha w’inkiko
![]()
Nkuko bitangazwa n’abategetsi b’ikibuga cy’indege, indege itwara abagenzi yamanutse igwa ku gasozi kagufi ko mu nyanja ya Pasifika imaze guhusha
![]()
Umunyamabanga Uhoraho w’inama nkuru y’umutekano mu Burundi, Gen.Maj. Silas Ntigurirwa, yatangaje ko ibikorwa by’imiryango yose itari iya leta, bihagaritswe amezi
![]()
Sosiyete Yego Innovision Limited yatangije uburyo bwiswe bus‘Yegocabs’ bwo korohereza abagenzi kubona imodoka zikora mu buryo buzwi nka Taxi Voiture
![]()
Perezida wa Venezuela Nicolas Maduro yabwiye Umuryango mpuzamahanga ONU ejo kuwa gatatu ko yifuza kwicarana no kuganira na Perezida Donald
![]()
Igitangazamakuru cyo kuri interineti gikora inkuru zicukumbuye cyatangaje ko umugabo w’Umurusiya ushinjwa kugira uruhare mu gitero cy’uburozi cyo mu mujyi
![]()