Mu Rwanda habonetse abarwayi batatu ba covid-19 umubare wabo bose uba 113
Abarwayi bagaragayeho coronavirus mu Rwanda bageze ku 113 nyuma y’uko kuri uyu wa 9 Mata habonetse abarwayi batatu bashya bafite
![]()
Abarwayi bagaragayeho coronavirus mu Rwanda bageze ku 113 nyuma y’uko kuri uyu wa 9 Mata habonetse abarwayi batatu bashya bafite
![]()
Visi Perezida wa Malawi, Saulos Chilima yasabye Perezida Peter Mutharika kugaruka mu murwa mukuru Lilongwe, akava mu mujyi wa Blantyre
![]()
Kuri uyu wa 9 Mata 2020, mu Rwanda hatangiye kuburanishwa imanza aho aberegwa, abashinjacyaha n’abacamanza batari mu cyumba kimwe, mu
![]()
U Burundi bwarekuye abantu 2,261 bari barashyizwe mu kato kubera coronavirus, nyuma yo gusanga nta bimenyetso byayo bafite. Minisitiri w’Ubuzima,
![]()
Mu itangazo Minisiteri y’Ubuzima yashyize ahagaragara ku bwandu bushya bwa Coronavirus igaragaza ko abantu batanu muri 772 bapimwe mu masaha
![]()
Cardinal George Pell wahoze ari umwe mu bajyanama bakomeye ba Papa Francis, yagizwe umwere n’urukiko ku byaha yari akurikiranyweho byo
![]()
Mu ijambo rye ritangiza icyumweru cy’icyunamo cyo Kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, ku wa 7 Mata 2020,
![]()
Kuva tariki ya 07 Mata abaturarwanda, inshuti z’u Rwanda ndetse n’Isi yose muri rusange baratangira icyumweru cyo kwibuka ku nshuro
![]()
Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko habonetse abandi bantu bashya banduye Coronavirus umubare w’abanduye uhita ugera ku 104. Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko
![]()
Abantu bane barimo Abanyarwanda batatu n’Umurundi umwe bagaragaweho icyorezo cya COVID-19 giterwa na Coronavirus mu Rwanda basezerewe aho bari barwariye
![]()