Abahinzi basabwe guhinga aho bashobora kuhira kubera ko imvura igiye kugabanuka cyane
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu gice cya gatatu cy’ukwezi kwa Nyakanga mu Rwanda hateganyijwe imvura
Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere, Meteo Rwanda, cyatangaje ko mu gice cya gatatu cy’ukwezi kwa Nyakanga mu Rwanda hateganyijwe imvura
Miliyoni z’abantu ku isi bari mu bihe bigoye by’ubukungu kubera icyorezo cya coronavirus cyazambije imikorere y’aho bakuraga imibereho, hari benshi
Abahanga muri siyansi baracukumbuye bagera ku ntimatima z’uturemangingo tw’amoko atandatu y’uducurama two ku isi.Mu bitugize harimo uturemangingo “dutanga ubwirinzi budasanzwe”,
Perezida wa Mali, Ibrahim Boubacar Keita yasheshe urukiko rurinda Itegeko Nshinga nyuma y’iminsi mu gihugu hari imyigaragambyo imusaba kwegura. Urwo
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umusaza w’imyaka 72 wo mu Murenge wa Gashari mu Karere ka Karongi
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zamaze kugura ingano yose yari ku isoko y’umuti ukoreshwa mu kuvura icyorezo cya Covid-19 uzwi
Umumotari w’imyaka 29 wo muri Uganda yapfuye yitwikiye ku biro bya polisi, nyuma yuko abapolisi banze kurekura moto ye yari
Abarusiya batoye bemeza ivugurura ry’Itegeko Nshinga rizaha ububasha Perezida Vladimir Putin kuguma ku butegetsi kugeza mu 2036. Amajwi y’ibanze yavuye
Perezida Donald Trump wakunze kurwanya kwambara agapfukamunwa mu ruhame aho bidashoboka guhana intera, yavuze ko ntacyo byamutwara kukambara kubw’impamvu runaka
Minisiteri y’Ubuzima yatangiye gahunda yo gupima abantu ibasanze mu nzira, hagamijwe kureba ubukana icyorezo cya COVID-19 gihagazeho muri Kigali, nyuma