UN ibona Perezida Kagame nk’igisubizo m’Uburengerazuba bwa Sahara

Umuryango w’Abibumbye (UN) wasabye Perezida Paul kagame kuba umuhuza mu kurangiza imvururu zimaze imyaka igera kuri 40 mu Burengerazuba bwa Sahara. Coque huawei P20

UN yakomeje kugorwa no kubona umuti urambye kuri iki kibazo gihanganishije umutwe ugamije impinduramatwara wa Polisario n’ubwami bwa Maroc.

Ariko uyu muryango ukizera ko mu bushobozi bwe nk’umuyobozi w’Afurika yunze Ubumwe, Perezida Kagame yakumvisha abayobozi bagenzi be guhuza imbaraga mu kurangiza iki kibazo. Coque Huawei En Ligne Kuri uyu wa Gatanu tarik 12 Mutarama 2017, intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga mukuru wa UN, Horst Köhler, yagiranye ibiganiro na Perezida Kagame bigamije gushaka umuti kuri iki kibazo. coque imprimé huawei Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga Louise Mushikiwabo yavuze ko UN yizera ko ku buyobozi bwa Perezida Kagame hari icyizere ko iki kibazo kizabonerwa umuti. coque imprimé huawei pas cher Imvururu zo mu Burasirazuba bwa Sahara zatangiye ahagana mu 1973 zishojwe n’umutwe wa Polisario utarifuzaga ubuhake bw’ingabo z’Abanya-espagne, ari nabyo byatangije intambara hagati y’uyu mutwe na Leta ya Maroc yatangiye mu 1975 kugeza mu 1991. Vente Coque iPhone Kugeza ubu iyi ntambara imaze gukura abaturage bagera ku bihumbi 90 mu byabo.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *