Zimbabwe:Impirimbanyi Morgan Tsvangirai yapfuye

Umunyapolitike waranzwe no kutavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Zimbabwe kuva yabona ubwigenge, coque huawei pas cher Morgan Tsvangirai yashizemo umwuka ku mugoroba wo ku wa gatatu aguye muri Afrika Yepfo, Coque huawei nkuko umwe mu bayoboye ishyaka MDC yabitangaje.

Bwana Tsvangirai, Coque pour Huawei warugeze ku myaka 65, coque iphone pas cher apfuye azize indwara ya kanseri. Coque pour Huawei Tsvangirai akimara gushiramo umwuka ,umuryango we wahise ubitangaza nkuko uwungirije umukuru w’ishyaka MDC, Elias Mudzuri yabitangarije Reuters. Mu byaranze ubuzima bwa Tsvangirai harimo kuba yari azwi nk’uwahanganye cyane n’uwahoze ayobora Zimbabwe Robert Mugabe,aho kenshi yagiye abizira agakubitwa,

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *