Umunyamakuru Camille Athanase yatorewe kuba Mayor w’agateganyo wa Gicumbi

Kamili Athanase usanzwe ari umunyamakuru mu Kigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, yagizwe Umuyobozi w’agateganyo w’Akarere ka Gicumbi, asimbuye Sewase Jean Claude nawe uheruka kwegura ku buyobozi bw’akarere atamaze n’icyumweru atowe kuri uwo mwanya.
Tariki ya 25 Gicurasi 2018 nibwo uwari Umuyobozi w’Akarere ka Gicumbi, Mudaheranwa Juvénal n’abamwungirije bose begujwe, scarpe nike hyperdunk 2017 flyknit cool grey black 917726 007 nyuma y’iminsi itatu Njyanama iraterana itora Sewase Jean Claude ngo ayobore by’agateganyo. nike air max 2018 kpu grey pink 827177 088 women s running shoes Gusa nawe ku mugoroba wo ku wa 31 Gicurasi 2018 yandikiye Njyanama ibaruwa yegura kuri uwo mwanya kubera imanza afite mu nkiko. 2018 nouveau nike air max excellerate chaussures bleu rouge nike Umuyobozi w’Inama Njyanama y’Akarere ka Gicumbi, release air max 270 flyknit men s shoe cheap for sale online Kayombya Dieudonné, yabwiye Itangazamakuru ko Kamili bamufitiye icyizere bitewe n’uko harebwe ku mpamvu zirimo icyizere abajyanama bagenzi be bamufitiye, aho mu bajyanama 31 bitabiriye itora kuri uyu wa Gatanu, Kamili yagize amajwi 25 naho Muzeyemariya Rosette bari bahatanye yagize amajwi atandatu gusa. adidas stan smith boost haze coral haze coral haze coral footshop Yakomeje agira ati “Icyizere turanagikura ku bunararibonye afite mu nama njyanama, mu buyobozi bw’inzego z’ibanze, icyizere kandi tukagikura no mu kazi akora k’itangazamakuru, footwear white khaki land on the adidas x raf simons ozweego 3 ni umunyamakuru mwiza amenya ubuzima bw’igihugu bwose, hanyuma tukanagikura ku cyizere abaturage bamuhaye.” “Ibyo byose biraduha icyizere ko Kamili Athanase azaba adufashije kuyobora ubuzima bw’akarere mu gihe dutegereje ko amatora ya komite nyobozi yose ategurwa akanakorwa.” Kamili Athanase asanzwe mu Nama Njyanama y’Akarere ka Gicumbi, shoefax air jordan 28 black white electric green aho ahagarariye Umurenge wa Rwamiko. Ni n’umwe mu banyamakuru b’inararibonye Radio Rwanda yari ifite bayimazeho imyaka irenga 10, akora cyane mu biganiro mbwirwaruhame bitumirwamo abayobozi batandukanye bigaruka ku ngingo zireba ubuzima bw’igihugu.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *