UK:Hagenwe Minisitiri uzahashya icyorezo cyo kwigunga

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Theresa May, yashyizeho Ushinzwe Ubwigunge ufite inshingano zo kurwanya icyo cyorezo cyibasiye benshi mu Bongereza.
Kuri uyu wa Gatatu nibwo Tracey Crouch yashyizweho nka Minisitiri w’Ubwigunge, nyuma y’imyanzuro ya raporo yakozwe hibukwa Jo Cox, umudepite w’umugore waharaniraga ko abantu batigunga wishwe mu 2016. coque huawei pas cher Ubwigunge ni ikibazo cyibasiye abatari bake mu Bwongereza ari naho
Minisitiri w’Intebe May ahera avuga ko azakora ibishoboka byose akaburwanya. coque imprimé huawei pas cher Ati “Ndashaka guhangana n’iki kibazo ku bw’umuryango mugari wacu. coque iphone pas cher Ni ngombwa ko hagira igikorwa ku bwigunge bwibasiye abacu ari abakuru, abita ku bandi, ababuze ababo, abantu badafite uwo baganyira cyangwa uwo basangiza ibitekerezo byabo.” Ubushakashatsi bwakozwe na Croix Rouge mu Bwongereza bwagaragaje ko Abongereza bagera kuri miliyoni icyenda babaho mu bwigunge. coque huawei d’occasion Biteganyijwe ko muri uyu mwaka aribwo hazashyirwaho gahunda ihamye ya Guverinoma yo kurwanya ubwigunge mu baturage. CNN yatangaje ko kuba wenyine cyangwa kwigunga bishobora gutuma umuntu apfa imburagihe. Ubushakashatsi bwakorewe ku bantu 45 000 barengeje imyaka 45, bwagaragaje ko ababa bonyine bafite ibyago byinshi byo kwicwa n’ubwigunge kurusha abafite abo babana. Coque huawei Outlet Ubushakashatsi kandi buherutse gukorerwa muri Kaminuza ya Pittsburgh bwagaragaje ko no mu bato hasigaye harimo ubwigunge bitewe n’ikoreshwa ridasanzwe ry’imbuga nkoranyambaga. Ubwigunge bugira ingaruka ku buzima mu buryo butandukanye.Urugero abantu bigunze ntibakunze gukora imyitozo ngororamubiri, barya nabi kandi ntibita ku kuba bajya kwa muganga igihe bumva batamerewe neza.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *