Ubujurire bwabo kwa Rwigara bwasubitswe

Urubanza rw’ubujurire bwa Diane Rwigara n’umubyeyi umubyara Adeline Mukangemanyi rwasubitswe ku mpamvu zuko ababuranyi batari biteguye kuburana uyu munsi.
Kuri uyu wa Kabiri tariki 07 Ugushyingo, nibwo Diane Rwigara yagejejwe imbere y’urukiko rukuru kugirango aburane ubujurire ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo nyuma yuko we na Nyina urukiko rwisumbuye rwabakatiye gufungwa by’agateganyo iminsi 30 bagahita bajurira. Gusa Adeline Mukangemanyi we ntiyagaragaye mu rukiko uyu munsi kubera ko yari arwaye ahubwo haje umwunganizi we Me Gatera Gashabana. Coque huawei Outlet Ku rundi ruhande, umwunganizi wa Diane Rwigara Me Buhuru Pierre Celestin na we ntiyabonetse ngo yunganire umukiriya we. Diane mu rukiko yavuze ko umwunganizi we babonanye ejo hashize (kuri uyu wa Mbere) akamubwira ko afite urundi rubanza kuko ngo ntibari bazi ko baburana uyu munsi. coque huawei livraison rapide Diane ngo yahawe urutonde rw’amazina y’abafunze bari bwitabire iburana uyu munsi atamenyeshejwe ko aza kuburana. Coque Huawei P20 pas cher Me Gashabana wunganiraga Mukangemanyi utari uhari yasabye ko urubanza rwimurwa bagahabwa undi munsi, ndetse Diane Rwigara na we asaba ko urubanza rusubikwa akazaburana yunganiwe. Ku ruhande rw’ubushinjacyaha, bwavuze ko Me Buhuru akwiye gufatirwa ibihano kuko ataje mu iburanisha kandi yari yabimenyeshejwe. Ngo kuvuga ko afite urundi rubanza byasabaga kwandikira urukiko akarumenyesha impamvu ze zo kutaboneka kandi ntabyo yakoze. Urukiko mu bushishozi bwarwo rwasanze Adeline Mukangemanyi atagomba kuburana adahari ruvuga ko azongera agahamagazwa. coque iphone pas cher Urukiko kandi rwasanze Diane Rwigara na we atagomba kuburana atunganiwe kandi yabisabye bikaba biri no mu burenganzira ahabwa n’amategeko.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *