Perezida Kagame yaganiriye na Ellen DeGeneres na Portia De Rossi bagiye kubaka ikigo kita ku ngangi

Mu gihe u Rwanda rurimo gushyira imbaraga mu guteza imbere ubukeragendo Perezida Paul Kagame yahuye na Ellen DeGeneres na Portia De Rossi bari mu Rwanda mu biruhuko no kureba aho Ellen azubaka ikigo kihariye cyo kwita ku ngagi ku bufatanye na Dian Fossey Gorilla Fund.

DeGeneres ku mpano y’umukunzi we de Rossi agiye kubaka ikigo gihoraho kita ku ngagi mu Rwanda nk’inkunga y’umuhate wa Dian Fossey Gorilla Fund mu kurengera izi nyamaswa.
Ubwo yamuhaga iyi mpano mu kwezi kwa kabiri de Rossi yabwiye DeGeneres ko abizi ko yifuza kusa ikivi Dian Fossey yasize atushije mu kubaka ikigo gihoraho cy’ingagi mu Rwanda.
U Rwanda rwagaragaje umuhate wihariye mu kurengera izi nyamaswa zo mu birunga bihuriweho n’u Rwanda, air jordan 32 low noire rouge chaussures officiel jordan site pour Congo na Uganda. vapor sneaker c6f05 a4ee4 nike air max 2019 2drrawal Uzakurikira uzwi cyane gusura izi ngagi ni THE ROCK uherutse gusohora filim ‘Rampage’ agaragazamo imbaraga z’ingagi, adidas magasin achat en ligne adidas zx 750 femme zx10011 adidas nawe bivugwa ko azaza muri uyu mwaka. nike kyrie 4 black 943806 002 jimmy jazz Muri iyi minsi u Rwanda rurimo gushyira imbaraga mu guteza imbere ubukerarugendo, ufficiale nike air max 90 donna online wing850 sconto del 50 bigaragazwa na filimi mbarankuru iherutse gushyirwa ahagaragara Rwanda The Royal Tour igaragaza ahantu habereye ubukerarugendo mu Rwanda no kuba u Rwanda rwarasinyanye amasezerano n’ Ikipe ya Arsenal yo mu Bwongereza ngo ige yambara imyenda yanditseho ‘Sura u Rwanda’ Visit Rwanda. adidas stan smith boost primeknit U Rwanda rwihaye intego ko muri 2024 amafaranga ava mu bukerarugendo azikuba kabiri akava kuri miliyoni 404 z’ amadorali akagera kuri miliyoni 800 z’ amadorali ku mwaka.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *