Perezida Trump na Shinzo Abe bemeranijwe kuzahura

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika Donald Trump hamwe na Minisitiri w’intebe w’Ubuyapani Shinzo Abe ,barateganya kuzabanza guhurira mu biganiro mbere y’uko inama izahuza Trump na mugenzi we wa Koreya ya Ruguru Kim Jong Un itangira. nike air max 2017 womens Minisitiri Abe yagize ati “Twemeranije kuzahura mbere y’inama izaterana hagati ya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Koreya ya Ruguru.” Ibi bikubiye mubyo yatangarije Itangazamakuru i Tokyo nyuma yo kuganira kuri telefone na Trump kuri uyu wa mbere. air jordan 32 Aba bategetsi bombi bavuganye mugihe intumwa za Amerika na Koreya ya Ruguru zari muri Koreya ya ruguru na Singapore mu biganiro bitegura iyo nama. chaussures jordan femme nike air jordan 1 rouge et blanche femme Ntibirasobanuka neza igihe ndetse n’ahantu Trump na Abe bazahurira,nyuma yo kwemeranya ko bagomba guhura. nike air max 2018 elite blackish green mens shoes Intumwa za Leta Zunze Ubumwe z’Amerika na Koreya ya Ruguru zongeye kuganirira kuri uyu wa mbere mu gice kiri hagati ya za Koreya zombi kitarangwamo intwaro.

Loading

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *